• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 8, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

You might also like

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge muri Uvira rikomeje gufata indi ntera

FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke

Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye

Amakuru aturuka i Uvira avuga ko muri iki gice giherereye ku nkombe y’ikiyaga cya Tanganyika, kibyukiyemo imyigaragambyo ikomeye kandi ko igamije kwirukana Brigadier General Olivier Gasita wahoherejwe na perezida Felix Tshisekedi kuyobora ibikorwa bya gisirikare.

Iyi myigaragambyo yatangiye mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 08/09/2025.

Bikavugwa ko Wazalendo n’urubyiruko rwo muri ibi bice bazindukiye i Kavimvira kugira ngo ariho bayihera babone kwerekeza mu mujyi rwagati.

Umwe mubakangurira abandi kwitabira iyi myigaragambyo yo kwamagana Gen Gasita, witwa Zembezembe, yasobanuye ko imyigaragambyo yanone igomba kuba simusiga, kandi ngo igasiga Gasita avuye muri iki gice cya Uvira akambuka i Bujumbura mu Burundi aho yanyuze ava i Kindu mu ntara ya Maniema aho yaramaze igihe kirekire akorera ibikorwa bya gisirikare.

Yagize ati: “Turakora imyigaragambyo simusiga, kandi irarangira Gasita avuye hano iwacu. Turakangurira abantu bose kwitabira kandi turayihera i Kavimvira.”

Mu masaha make ashize a Wazalendo barimo bava muduce dutandukanye turimo Quartier Songo, Nyamianda, Mulongwe n’ahandi bakerekeza i Kavimvira kugira ngo ariho bahera iyo myigaragambyo.

Kimwecyo igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC), muri Uvira cyatangaje ko ntawe cyemerera kwigaragambya, ndetse gihamya ko uwo babona muri ibyo bikorwa ahita araswa ako kanya.

Nyuma cyahise gifunga imihanda yose, aho cyayifunze ku bufatanye n’igipolisi. Biranavugwa ko iyo myigaragambyo ubukana yarifite bwatangiye gucogora kubera icyemezo cyafashwe n’igisirikare nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Hagataho turakomeza gukurikirana aya makuru kugeza kwiherezo.

Tags: KavimviraUviraWazalendo
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge muri Uvira rikomeje gufata indi ntera

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge muri Uvira rikomeje gufata indi ntera Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 09/09/2025, abantu bitwaje intwaro bikekwa kwari Wazalendo binjiye...

Read moreDetails

FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke

FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, zirashinjwa gushimuta umugabo wo mu bwoko bw'Ababembe mu Mikenke muri secteur ya Itombwe, teritware...

Read moreDetails

Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye

Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye Amakuru meza avugwa i Mulenge iwabo w'Abanyamulenge, mu misozi ihanamiye ikibaya cya Rusizi n'ikiyaga cya Tanganyika mu ntara...

Read moreDetails

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryafashe ibindi bice bishya byo muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, nyuma...

Read moreDetails

Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

Imyigaragambyo iri kubera Uvira imaze kugwamo ababarirwa muri 5 abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye Abantu batanu ni bo bamaze kumenyekana baguye mu myigaragambyo ikomeje kubica bigacika mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?