• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, July 31, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 8, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

You might also like

AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k’Umutekano mu Gitutu Gikomeye

Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry’Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y’Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu.”

Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces

Amakuru aturuka i Uvira avuga ko muri iki gice giherereye ku nkombe y’ikiyaga cya Tanganyika, kibyukiyemo imyigaragambyo ikomeye kandi ko igamije kwirukana Brigadier General Olivier Gasita wahoherejwe na perezida Felix Tshisekedi kuyobora ibikorwa bya gisirikare.

Iyi myigaragambyo yatangiye mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 08/09/2025.

Bikavugwa ko Wazalendo n’urubyiruko rwo muri ibi bice bazindukiye i Kavimvira kugira ngo ariho bayihera babone kwerekeza mu mujyi rwagati.

Umwe mubakangurira abandi kwitabira iyi myigaragambyo yo kwamagana Gen Gasita, witwa Zembezembe, yasobanuye ko imyigaragambyo yanone igomba kuba simusiga, kandi ngo igasiga Gasita avuye muri iki gice cya Uvira akambuka i Bujumbura mu Burundi aho yanyuze ava i Kindu mu ntara ya Maniema aho yaramaze igihe kirekire akorera ibikorwa bya gisirikare.

Yagize ati: “Turakora imyigaragambyo simusiga, kandi irarangira Gasita avuye hano iwacu. Turakangurira abantu bose kwitabira kandi turayihera i Kavimvira.”

Mu masaha make ashize a Wazalendo barimo bava muduce dutandukanye turimo Quartier Songo, Nyamianda, Mulongwe n’ahandi bakerekeza i Kavimvira kugira ngo ariho bahera iyo myigaragambyo.

Kimwecyo igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC), muri Uvira cyatangaje ko ntawe cyemerera kwigaragambya, ndetse gihamya ko uwo babona muri ibyo bikorwa ahita araswa ako kanya.

Nyuma cyahise gifunga imihanda yose, aho cyayifunze ku bufatanye n’igipolisi. Biranavugwa ko iyo myigaragambyo ubukana yarifite bwatangiye gucogora kubera icyemezo cyafashwe n’igisirikare nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Hagataho turakomeza gukurikirana aya makuru kugeza kwiherezo.

Tags: KavimviraUviraWazalendo
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k’Umutekano mu Gitutu Gikomeye

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k’Umutekano mu Gitutu Gikomeye

AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k'Umutekano mu Gitutu Gikomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryashyikirije Akanama k'Umutekano k'Umuryango...

Read moreDetails

Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry’Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y’Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu.”

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry’Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y’Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu.”

Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry'Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y'Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu." MINEMBWE CAPITAL NEWS Ubuyobozi bwo mu Mujyi wa Baraka, muri Teritwari ya Fizi, Intara...

Read moreDetails

Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces

Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces MINEMBWE CAPITAL NEWS Reliable information gathered by Minembwe Capital News indicates that...

Read moreDetails

Amakuru Mashya ku Mirwano ya Kabanju n’Isubira Inyuma ry’Ingabo za FARDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Amakuru Mashya ku Mirwano ya Kabanju n’Isubira Inyuma ry’Ingabo za FARDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

Amakuru Mashya ku Mirwano ya Kabanju n'Isubira Inyuma ry'Ingabo za FARDC n'Abafatanyabikorwa Bazo MINEMBWE CAPITAL NEWS Amakuru yizewe Minembwe Capital News yakusanyije agaragaza ko tariki ya 30/07/2026, MRDP-Twirwaneho...

Read moreDetails

C64 Byayikomeranye: Nyuma y’Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw’Iri Huriro mu Kindi Gihugu

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
C64 Byayikomeranye: Nyuma y’Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw’Iri Huriro mu Kindi Gihugu

C64 Byayikomeranye: Nyuma y'Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw'Iri Huriro mu Kindi Gihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje guhangana n'ibibazo...

Read moreDetails
Next Post
Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?