• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, April 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 8, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

You might also like

RDC: Politiki ya Perezida Tshisekedi hagati y’impinduka zidahoraho n’icyizere kigenda kiyoyoka mu baturage

AFC/M23 Yateye Intambwe Ikomeye mu Kubaka Abayobozi Bafite Icyerekezo n’Imiyoborere Inoze

Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC

Amakuru aturuka i Uvira avuga ko muri iki gice giherereye ku nkombe y’ikiyaga cya Tanganyika, kibyukiyemo imyigaragambyo ikomeye kandi ko igamije kwirukana Brigadier General Olivier Gasita wahoherejwe na perezida Felix Tshisekedi kuyobora ibikorwa bya gisirikare.

Iyi myigaragambyo yatangiye mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 08/09/2025.

Bikavugwa ko Wazalendo n’urubyiruko rwo muri ibi bice bazindukiye i Kavimvira kugira ngo ariho bayihera babone kwerekeza mu mujyi rwagati.

Umwe mubakangurira abandi kwitabira iyi myigaragambyo yo kwamagana Gen Gasita, witwa Zembezembe, yasobanuye ko imyigaragambyo yanone igomba kuba simusiga, kandi ngo igasiga Gasita avuye muri iki gice cya Uvira akambuka i Bujumbura mu Burundi aho yanyuze ava i Kindu mu ntara ya Maniema aho yaramaze igihe kirekire akorera ibikorwa bya gisirikare.

Yagize ati: “Turakora imyigaragambyo simusiga, kandi irarangira Gasita avuye hano iwacu. Turakangurira abantu bose kwitabira kandi turayihera i Kavimvira.”

Mu masaha make ashize a Wazalendo barimo bava muduce dutandukanye turimo Quartier Songo, Nyamianda, Mulongwe n’ahandi bakerekeza i Kavimvira kugira ngo ariho bahera iyo myigaragambyo.

Kimwecyo igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC), muri Uvira cyatangaje ko ntawe cyemerera kwigaragambya, ndetse gihamya ko uwo babona muri ibyo bikorwa ahita araswa ako kanya.

Nyuma cyahise gifunga imihanda yose, aho cyayifunze ku bufatanye n’igipolisi. Biranavugwa ko iyo myigaragambyo ubukana yarifite bwatangiye gucogora kubera icyemezo cyafashwe n’igisirikare nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Hagataho turakomeza gukurikirana aya makuru kugeza kwiherezo.

Tags: KavimviraUviraWazalendo
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Politiki ya Perezida Tshisekedi hagati y’impinduka zidahoraho n’icyizere kigenda kiyoyoka mu baturage

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
RDC: Politiki ya Perezida Tshisekedi hagati y’impinduka zidahoraho n’icyizere kigenda kiyoyoka mu baturage

RDC: Politiki ya Perezida Tshisekedi hagati y’impinduka zidahoraho n’icyizere kigenda kiyoyoka mu baturage Mu mateka ya politiki ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi...

Read moreDetails

AFC/M23 Yateye Intambwe Ikomeye mu Kubaka Abayobozi Bafite Icyerekezo n’Imiyoborere Inoze

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
AFC/M23 Yateye Intambwe Ikomeye mu Kubaka Abayobozi Bafite Icyerekezo n’Imiyoborere Inoze

AFC/M23 Yateye Intambwe Ikomeye mu Kubaka Abayobozi Bafite Icyerekezo n’Imiyoborere Inoze Mu rwego rwo gukomeza gushimangira imiyoborere n’imyumvire y’abayobozi bayo, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko wasoje ku mugaragaro...

Read moreDetails

Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC

Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) ikomeje guhangana n’ibibazo bitandukanye birimo umutekano muke mu Burasirazuba bwayo n’ihungabana...

Read moreDetails

Baraka: Haravugwa ibikorwa by’ihohoterwa n’itotezwa bivugwa gukorwa na bamwe mu basirikare ba FARDC

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Baraka: Haravugwa ibikorwa by’ihohoterwa n’itotezwa bivugwa gukorwa na bamwe mu basirikare ba FARDC

Baraka: Haravugwa ibikorwa by’ihohoterwa n’itotezwa bivugwa gukorwa na bamwe mu basirikare ba FARDC Mu Mujyi wa Baraka, uherereye muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hakomeje...

Read moreDetails

Leta y’i Kinshasa mu mvururu z’imbere mu gihugu; Abayigize barimo guterana amagambo no kudacana uwaka

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Les opposants politiques au pouvoir de Kinshasa s’unissent pour critiquer Tshisekedi et réclament des réformes fondées sur l’intérêt général

Leta y’i Kinshasa mu mvururu z’imbere mu gihugu; Abayigize barimo guterana amagambo no kudacana uwaka Ku wa Gatatu, tariki ya 29/04/2026, Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?