• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Minisitiri w’intebe wa Israel, yagize icyo avuga ku busugire bw’igihugu cye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 16, 2025
in World News
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha
62
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’intebe wa Israel, yagize icyo avuga ku busugire bw’igihugu cye

You might also like

Byinshi wa menya ku nkomoko y’amakimbirane ya Israel na Palestine

Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagerageje “kuroga” perezida w’icyo gihugu

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko Ingabo ze zitazahwema kugaba ibitero ku mutwe wa Hamas aho bazaba bari hose.

Netanyahu yabivuzeho ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru ari kumwe n’umunyamabanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio uri mu ruzinduko rwakazi muri iki gihugu.

Muri iki kiganiro cyabereye i Yerusalemu, Netanyahu yavuze ko buri gihugu gifite uburenganzira bwo kwirinda kandi kikarenga n’imbibi mu rwego rwo kwishakira umutekano, maze avuga ko Ingabo ze zitazahagarika ibitero ku barwanyi ba Hamas aho bari hose.

Minisitiri w’intebe wa Israel, yanavuze ko igitero baheruka kugaba ku ntumwa za Hamas zari muri Qatar bagikoze ku bwabo, ni mu gihe yarasubije awamubajije niba mbere yo gukora icyo gitero Leta Zunze ubumwe z’Amerika bari babiziranyeho.

Yagize ati: “Twagikoze ku giti cyacu. Birahagije.”

Muri iki kiganiro kandi, umunyamabanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio, yavuze ko umubano wa USA na Qatar ukomeye kandi ukomeje kubungabungwa nyuma y’icyo gitero.

Qatar yo ibinyujije kuri minisitiri wayo w’ubanye n’amahanga, yasabye umuryango mpuzamahanga kutagira indimi 2 ugafatira ibihano Israel yabagabyeho igitero.

Iki gitero cyagabwe muri Qatar mu gihe yari ikomeje kugira uruhare mu gushakira uburyo intambara yo muri Gaza yahagarara aho yari nk’umuhuza hagati ya Hamas na Israel nubwo yakiriye abayobozi ba politiki b’uwo mutwe mu mwaka wa 2012.

Urugendo rwa Marco Rubio muri Israel, biteganyijwe ko rukomereza muri Qatar akaba ari na ho arusoreza.

Tags: IsraelUbusugire
Share25Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Byinshi wa menya ku nkomoko y’amakimbirane ya Israel na Palestine

by Bahanda Bruce
September 16, 2025
0
Byinshi wa menya ku nkomoko y’amakimbirane ya Israel na Palestine

Byinshi wa menya ku nkomoko y'amakimbirane ya Israel na Palestine Ikibazo cya Israel na Palestine gifatwa nka kimwe mu bibazo bimaze igihe kirekire, kandi kikaba ari nacyo ntandaro...

Read moreDetails

Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagerageje “kuroga” perezida w’icyo gihugu

by Bahanda Bruce
September 16, 2025
0
Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagerageje “kuroga” perezida w’icyo gihugu

Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagerageje "kuroga" perezida w'icyo gihugu Abantu babiri bashinjwa kugerageza kuroga perezida Hichilema Hakainde wa Zambia, urukiko rwo muri icyo gihugu rwabakatiye igifungo cy'imyaka...

Read moreDetails

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

by Bahanda Bruce
September 14, 2025
0
Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko azahana u Burusiya mu gihe ibihugu...

Read moreDetails

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze Igisirikare cya Israel kirwanira mu kirere cyagabye igitero gikomeye ku nyubako y'ishuri ry'umuryango w'Abibumbye risanzwe ricyumbikiwemo impunzi mu ntara...

Read moreDetails

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine Israel ibinyujije kuri minisitiri wayo w'intebe, Benjamin Netanyahu yakuriye inzira ku murima buri wese...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi wa menya ku nkomoko y’amakimbirane ya Israel na Palestine

Byinshi wa menya ku nkomoko y'amakimbirane ya Israel na Palestine

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?