• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 13, 2025
in World News
0
Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Igisirikare cya Israel kirwanira mu kirere cyagabye igitero gikomeye ku nyubako y’ishuri ry’umuryango w’Abibumbye risanzwe ricyumbikiwemo impunzi mu ntara ya Gaza.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Iki gitero cyakozwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13/09/2025, nk’uko amakuru abigaragaza.

Benshi bahitanwe n’iki gitero abandi bakirokotse, nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo n’icya Reuters.

Byanasobanuye ko mbere y’uko Israel ikora iki gitero yabanje gusaba imiryango icyumbikiwe muri izo nyubako y’ishuri ziyivamo.

Ibyanatumye misile zitangira kuraswa bamwe muri abo bazirimo biruka bakiza amagara yabo. Ariko bivugwa ko ntabyo abahunze babashye kurokora bijyanye n’ibikoresho byo mu mazu.

Gusa umwe muri abo barokotse yabwiye itangazamakuru ko yabashe guhungana telefone gusa, mu gihe ibindi byose yabitaye mu nzu.

Umuryango mpuzamahanga wamaganye bikomeye ibi bitero by’ingabo za Israel zatangiye kugaba muri Gaza mu kwezi kwa cumi umwaka wa 2023.

Israel isobanura ko nta kindi igamije usibye gusenya burundu umutwe wa Hamas uwo ishinja kubicira abantu barenga ibihumbi bibiri mu gitero wagabye muri iki gihugu tariki ya 07/10/20243.

Ibyo bibaye mu gihe aha’rejo ku wa gatanu tariki ya 12/09/2025, ibihugu bigize umuryango w’Abibumbye byatoye umwanzuro ushigikira ko aya makimbirane ahagaragara binyuze mu kwemeza ubwingenge bwa Palestine, ibyo Israel yateye utwatsi, inavuga ko ibyo bitazigera biba n’ikindi gihe.

Tags: GazaIDFIgiteroImpunzi

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Lazar Sebitereko yibukije ko “abarimo Umukozi w’Imana Ndaruhutse” bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

Lazar Sebitereko yibukije ko "abarimo Umukozi w'Imana Ndaruhutse" bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?