
Uyoboye Abadepute muri Congo Kinshasa, Christophe Mboso Nkondia, yasabye President Felix Tshisekedi gufatira ibihano ingabo za EAC ziri muri Congo.
Christophe Mboso Nkondia, yaraye akoranye ikiganiro nab’anyamakuru ubwo yarikumwe n’abandi bayobozi barimo Ministre w’ingabo, Kabanda Gilbert, maze Mboso arerura avuga ko ingabo za EAC ziri Goma, zananiwe gushigikira ingabo za leta y’Ikinshasa (FARDC), kurwanya M23, Mboso Nkondia, avuga kwahubwo izingabo za EAC zifasha umutwe wa M23 .
Mboso Nkondia, yagize ati : “Niba koko ingabo za EAC zarananiwe kudufasha kurwanya umushotoranyi wacu, ahubwo zigashimishwa nogufasha umwanzi wacu tugomba gusaba umukuru wigihugu cacu kubafatira ibihano bikwiye.”
Gusa bivugwa ko ingabo za EAC zikora ibibereye ibyo abakuru bagiye bemezanya mumasezerano ya Luanda nahandi, kuko bemezanije ko inyeshamba zirwanira muri Congo zigomba kurambika imbunda, naho mumasezerano aheruka y’ibujumbura bemezanije ko abaCongo bose bagomba kuganira hatabaye abahwezwa kugira barangize amakimbirane arihagati yibitera intambara imaze imyaka nimyaniko.
Ikindi nuko leta y’Ikinshasa yirengangiza ikavuga ko M23 yanze kubahiriza amasezerano ikanga kuva mubice yafashe, ariko M23 yagiye irekura ibice bimwe nabimwe harimo Kibumba na Ikigo ca Rumangabo.
Dusengere congo
Nugusenga kbs ninawo muco wa ba Kristu.
Reta ya gisegeti nitemera ibiganiro Congo izaba iraharindimuka
Ikindi ikomeje kwinangira abaturange bariko bapfa umunsi nundi bari bazi ko abatutsi aritwe tuzaguma gupfa ark intambara igira ingaruka Kandi yonona byishi nakomeza kwinangira ata goma intare zasarambwe zirahigarurira abahungu banze gutega amashosi Ngo bashijwe bunyamaswa
Mutiyibagijeko hariho abari muri reta ya Congo babifitemo uruhari kuntambara zirikubera muri Congo