• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

UKURIYE ABA DEPUTE BA LETA Y’IKINSHASA YASABYE FELIX TSHISEKEDI GUFATIRA IBIHANO INGABO ZA EAC NGO KUKO BANZE KURWANYA M23.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2023
in Uncategorized
4
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uyoboye Abadepute muri Congo Kinshasa, Christophe Mboso Nkondia, yasabye President Felix Tshisekedi gufatira ibihano ingabo za EAC ziri muri Congo.

Christophe Mboso Nkondia, yaraye akoranye ikiganiro nab’anyamakuru ubwo yarikumwe n’abandi bayobozi barimo Ministre w’ingabo, Kabanda Gilbert, maze Mboso arerura avuga ko ingabo za EAC ziri Goma, zananiwe gushigikira ingabo za leta y’Ikinshasa (FARDC), kurwanya M23, Mboso Nkondia, avuga kwahubwo izingabo za EAC zifasha umutwe wa M23 .

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Mboso Nkondia, yagize ati : “Niba koko ingabo za EAC zarananiwe kudufasha kurwanya umushotoranyi wacu, ahubwo zigashimishwa nogufasha umwanzi wacu tugomba gusaba umukuru wigihugu cacu kubafatira ibihano bikwiye.”

Gusa bivugwa ko ingabo za EAC zikora ibibereye ibyo abakuru bagiye bemezanya mumasezerano ya Luanda nahandi, kuko bemezanije ko inyeshamba zirwanira muri Congo zigomba kurambika imbunda, naho mumasezerano aheruka y’ibujumbura bemezanije ko abaCongo bose bagomba kuganira hatabaye abahwezwa kugira barangize amakimbirane arihagati yibitera intambara imaze imyaka nimyaniko.

Ikindi nuko leta y’Ikinshasa yirengangiza ikavuga ko M23 yanze kubahiriza amasezerano ikanga kuva mubice yafashe, ariko M23 yagiye irekura ibice bimwe nabimwe harimo Kibumba na Ikigo ca Rumangabo.

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

UMUHUZA, UHURU KENYATTA, YASABYE KO MURI EASTERN YA CONGO HONGERWA INGABO ZA EAC.

Comments 4

  1. Kagigi Tembo says:
    4 years ago

    Dusengere congo

    • Bruce says:
      4 years ago

      Nugusenga kbs ninawo muco wa ba Kristu.

  2. Muragizi Bubala says:
    4 years ago

    Reta ya gisegeti nitemera ibiganiro Congo izaba iraharindimuka
    Ikindi ikomeje kwinangira abaturange bariko bapfa umunsi nundi bari bazi ko abatutsi aritwe tuzaguma gupfa ark intambara igira ingaruka Kandi yonona byishi nakomeza kwinangira ata goma intare zasarambwe zirahigarurira abahungu banze gutega amashosi Ngo bashijwe bunyamaswa

  3. Ndabaruta Moïse says:
    4 years ago

    Mutiyibagijeko hariho abari muri reta ya Congo babifitemo uruhari kuntambara zirikubera muri Congo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?