• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 9, 2025
in World News
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

You might also like

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, unamaze imyaka irenga ibiri afunzwe na leta y’iki gihugu, yagejejwe mu bitaro mu rwego rwo kugira ngo yitabweho.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu munsi ku wa kane tariki ya 09/10/2025, ni bwo Bunyoni yagejejwe mu bitaro, nk’uko amakuru ava mu Burundi abivuga.

Kimwe mu bitangazamakuru by’u Burundi cya RPA dukesha iyi nkuru cyatangaje ko ibitaro yajanwemo ari bya Gitega bikuru.

Kivuga kandi ko yagiye aherekejwe n’imodoka umunani zirimo abakozi ba SNR ishami ry’igisirikare cy’u Burundi rishinzwe iperereza.

Zarimo kandi n’abashinzwe umutekano, harimo kandi n’abasirikare bo mu barinda umukuru w’ibihugu, garde presidentielle.

Ibyo bikaba byakozwe mu gihe hari hashize iminsi Bunyoni atabarizwa, kubera ubuzima bwe butifashe neza.

Amakuru yavugaga ko yaramaze igihe kirekire afungiwe mu kumba ka wenyine, ibiri mubyatumye arushaho kumera nabi.

Ku munsi w’ejo ku wa gatatu imfungwa zifungiye hafi n’aho yarafungiwe zatanze amakuru zigaragaza ko hari abashinzwe umutekano bageze aho ari, basanga ntavuga, ntabona kandi atakinumva. Bikavugwa ko yagize ibibazo byo mu mutwe.

Kugeza ubu ntakiramenyekana kucyaba cyavuye mu bizamini yafashwe, hagataho turakomeza gukurikirana aya makuru.

Tags: BunyoniGitega
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu cyayo kidasanzwe mu birori yarifite byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 50 y'ishaka ry'abakozi. Iki gisasu Koreya...

Read moreDetails

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi Igihembo cy'amahoro cyitiriwe Nobel cyo muri uyu mwaka wa 2025, aho guhabwa perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Macron w’u Bufaransa yasabwe kwegura

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Perezida Macron w’u Bufaransa yasabwe kwegura

Perezida Macron w'u Bufaransa yasabwe kwegura Perezida w'u Bufaransa Emmanuel Macron, yasabwe na bamwe mu bahoze mu buyobozi bwo hejuru muri iki gihugu kwegura, bavuga ko aricyo cyakemura...

Read moreDetails
Next Post
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?