• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 18, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 10, 2025
in Regional Politics
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk’ingungura irimo ubusa, na we yaba afite ikibazo, avuga ko icyiza ari ukwituriza cyangwa ukajya kure y’urwo rusaku.

Yabitambukije kurubuga rwa x, nyuma yaho perezida Felix Tshisekedi wa RDC, yaramaze gutangaza munama mpuzamahanga y’ubufatanye bw’umuryango w’ubumwe bw’u burayi na Afrika, Global Gateway Forum, ubwo yasabaga u Rwanda guhagarika gufasha umutwe wa M23 umurwanya, ahubwo akamufasha kuwubwira guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa Congo.

Muri ubwo butumwa bwa perezida Paul Kagame yagize ati: “Iyo umuntu agize ikibazo akabombolekana nk’ingungura irimo ubusa, na we aba afite ikibazo. Icyiza ni ukubireka bikagenda cyangwa ukayijya kure.”

Ni mu gihe Tshisekedi mu nama yaberaga i Brussel mu Bubiligi yarimo na perezida Paul Kagame n’abandi bakuru b’ibihugu batandukanye, yamusabye guhagarika gutera inkunga umutwe wa M23 akamufasha kurangiza intambara yagize ati: “Ni twe twenyine babiri dufite ubushobozi bwo guhagarika ubu bwiyongere bw’amakimbirane. Nta rirenga ngo dukore ikintu cya nyacyo.”

Yanakomeje avuga ko ashaka ko bombi bumvikana mu rwego rwo kugira haboneke amahoro, amusaba guhagarika gutera inkunga M23. Ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi, ahubwo rugashinja guverinoma ye gukorana bya hafi n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi muri iki gihugu cy’u Rwanda.

Iyi nama iberaga i Brussel mu Bubiligi yatangiye ku munsi w’ejo ku wa kane, biteganyijwe ko imara iminsi ibiri, bivuze ko irarangira kuri uyu wa gatanu tariki ya 10/10/2025.

Ni nama igamije kwigira hamwe uko abatuye isi cyangwa isi yarushaho kwegerana no kuzamura ubukungu.

Uyu mutwe wa M23 Tshisekedi yavugaga, wubuye intwaro mu mpera z’umwaka wa 2021, ushinja ubutegetsi bwe kwibasira bamwe mubanyekongo bo mu bwoko bw’Abatutsi, kubica no kubahohotera, n’ibindi.

Kuri ubu uyu mutwe umaze kwigarurira ibice hafi ya byose by’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuko ni wo ugenzura umujyi wa Goma wo mu ntara ya Kivu Yaruguru n’uwa Bukavu na wo wo muri Kivu y’Amajyepfo.

Tags: Global gateway forumKagameM23Tahisekedi
Share36Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Brazzaville ku gicamunsi cyo kuri uyu...

Read moreDetails

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

by Bahanda Bruce
April 14, 2026
0
Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200 Mu ijoro ryo ku wa 31 Werurwe 2026, inkongi y’umuriro n’iturika rikomeye byibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base, giherereye...

Read moreDetails

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 13, 2026
0
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Imvugo z’Abayobozi Zirakomeretsa kurusha Intwaro.

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC Iyi baruwa ifunguye yandikiwe Minisitiri ushinzwe itangazamakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Tshisekedi zongeye gukora munda ubwoko bw’Abanyamulenge

Ingabo za Tshisekedi zongeye gukora munda ubwoko bw'Abanyamulenge

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?