• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 10, 2025
in Regional Politics
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk’ingungura irimo ubusa, na we yaba afite ikibazo, avuga ko icyiza ari ukwituriza cyangwa ukajya kure y’urwo rusaku.

READ ALSO

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Yabitambukije kurubuga rwa x, nyuma yaho perezida Felix Tshisekedi wa RDC, yaramaze gutangaza munama mpuzamahanga y’ubufatanye bw’umuryango w’ubumwe bw’u burayi na Afrika, Global Gateway Forum, ubwo yasabaga u Rwanda guhagarika gufasha umutwe wa M23 umurwanya, ahubwo akamufasha kuwubwira guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa Congo.

Muri ubwo butumwa bwa perezida Paul Kagame yagize ati: “Iyo umuntu agize ikibazo akabombolekana nk’ingungura irimo ubusa, na we aba afite ikibazo. Icyiza ni ukubireka bikagenda cyangwa ukayijya kure.”

Ni mu gihe Tshisekedi mu nama yaberaga i Brussel mu Bubiligi yarimo na perezida Paul Kagame n’abandi bakuru b’ibihugu batandukanye, yamusabye guhagarika gutera inkunga umutwe wa M23 akamufasha kurangiza intambara yagize ati: “Ni twe twenyine babiri dufite ubushobozi bwo guhagarika ubu bwiyongere bw’amakimbirane. Nta rirenga ngo dukore ikintu cya nyacyo.”

Yanakomeje avuga ko ashaka ko bombi bumvikana mu rwego rwo kugira haboneke amahoro, amusaba guhagarika gutera inkunga M23. Ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi, ahubwo rugashinja guverinoma ye gukorana bya hafi n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi muri iki gihugu cy’u Rwanda.

Iyi nama iberaga i Brussel mu Bubiligi yatangiye ku munsi w’ejo ku wa kane, biteganyijwe ko imara iminsi ibiri, bivuze ko irarangira kuri uyu wa gatanu tariki ya 10/10/2025.

Ni nama igamije kwigira hamwe uko abatuye isi cyangwa isi yarushaho kwegerana no kuzamura ubukungu.

Uyu mutwe wa M23 Tshisekedi yavugaga, wubuye intwaro mu mpera z’umwaka wa 2021, ushinja ubutegetsi bwe kwibasira bamwe mubanyekongo bo mu bwoko bw’Abatutsi, kubica no kubahohotera, n’ibindi.

Kuri ubu uyu mutwe umaze kwigarurira ibice hafi ya byose by’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuko ni wo ugenzura umujyi wa Goma wo mu ntara ya Kivu Yaruguru n’uwa Bukavu na wo wo muri Kivu y’Amajyepfo.

Tags: Global gateway forumKagameM23Tahisekedi

Related Posts

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Next Post
Ingabo za Tshisekedi zongeye gukora munda ubwoko bw’Abanyamulenge

Ingabo za Tshisekedi zongeye gukora munda ubwoko bw'Abanyamulenge

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?