
Ministre wibikorwa remezo muri Congo Kinshasa, Alexis Gisaro, yibasiriye Igihugu c’Urwanda gushoza intambara muri Congo, mugihe benewabo ab’Atutsi (Abanyamulenge), bakomeje kw’icwa na Leta akorera ya Congo, Kugeza ubu ntaco aravuga kukarengane bakomeje gukorerwa muri Kivu yamajyepho niya majyaruguru.
Tariki 14.02.2023, Ministre yakoranye ikiganiro nab’anyamakuru i Kinshasa, ico kiganiro kandi citabiriwe n’Umuvugizi wa leta y’Ikinshasa Patrick Muyaya.
Gisaro amaze guhabwa ijambo murico kiganiro yagize ati : “Urwanda rumaze kugerageza inshuro zitanu zose zigaba ibitero muri Congo, zinyuze muriyimitwe : 1. AFDL, ya Laurent Desire Kabira. 2. RCD GOMA, ya Azarias Ruberwa. 3. CNDP ya Laurent Nkunda. M23, ya Bosco Ntaganda na M23 ya Sultan Makenga, iri mumirwano, ningabo za leta y’Ikinshasa ( FARDC) Kugeza none”.
Maze Ministre Gisaro ahamiriza itangaza makuru i Kinshasa ko M23, ifashwa n’a leta ya Kigali, yongeraho ko Urwanda rutaja RDC kubera FDLR ati iyo biba iki kibazo biba byarakemutse muntambara zabanjye mbere yiyi.
Alexis Gisaro, uvuka mubwoko bw’Abatutsi (Banyamulenge), yavuze ko ibibazo bya Congo bigomba gukemurwa nab’Anye Congo bonyine hatagize undi w’ivanga, yagize ati : “Ntabwo twatumiye u Rwanda kuza gukemura ibibazo bya Congo, kuko bizakemurwa nab’Anye Congo ubwabo kandi nibo babifitiye ubushobozi.”
Ibi abivuze benewabo ab’Atutsi (Abanyamulenge, bamaze imyaka irenga irindwi 7 bari muntambara zurudaca, nimugihe Maïmaï Bishambuke, kubufasha bw’ingabo za leta y’Ikinshasa(FARDC), aho zikomeza kubica muri Eastern ya Drc (Kivu yamajyaruguru ndetse niya majyepho), intambara zasenye imihana yabenewabo muri Minembwe, Indondo ya Bijombo, Rurambo, Mibunda ndetse na Bibogobogo, izintambara zishe Abanyamulenge babarigwa mubihumbi, ubutunzi bwabo (Inka), hamaze kunyagwa lbihumbi birenga amagana.
Naho leta y’Urwanda yo ivuga ko abayobozi ba leta y’Ikinshasa, bananiwe gukemura ibibazo bihanze Igihugu cabo, ahubwo bagahitamo kubyegeka kugihugu ca baturanye. U Rwanda rukavuga ko rutakwivanga mubibazo bya banye Congo.
Kugeza ubu intambara irabica bigacika muri Eastern ya Drc, Kivu yamajyaruguru muri Masisi aho ingabo za M23, zikomeje guhangana n’iza leta y’Ikinshasa (FARDC), nabafatanya bikorwa babo aribo Abacanshuro, FDLR ndetse n’a Maimai Nyatura.
Birababaje kuba hariho abatutsi Muri Congo ariko batarasobanukirwa mumwanzi uwariwe kuvugira leta yakinshasa kandi ariyo iromo kwicha abatutsi Muri Kivu yamajaruguru ndetse namajepfo