• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, June 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ministre Alexis Gisaro Muvunyi, i Kinshasa, nab’anyamakuru yashinje u Rwanda gushoza intambara na Leta ya Congo inshuro zitanu, ibi abivuze benewabo ab’Atutsi bakomeje kw’icwa n’ingabo za leta y’Ikinshasa (Fardc) mumisozi miremire y’Imulenge.

minebwenews by minebwenews
February 15, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ministre wibikorwa remezo muri Congo Kinshasa, Alexis Gisaro, yibasiriye Igihugu c’Urwanda gushoza intambara muri Congo, mugihe benewabo ab’Atutsi (Abanyamulenge), bakomeje kw’icwa na Leta akorera ya Congo, Kugeza ubu ntaco aravuga kukarengane bakomeje gukorerwa muri Kivu yamajyepho niya majyaruguru.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Tariki 14.02.2023, Ministre yakoranye ikiganiro nab’anyamakuru i Kinshasa, ico kiganiro kandi citabiriwe n’Umuvugizi wa leta y’Ikinshasa Patrick Muyaya.

Gisaro amaze guhabwa ijambo murico kiganiro yagize ati : “Urwanda rumaze kugerageza inshuro zitanu zose zigaba ibitero muri Congo, zinyuze muriyimitwe : 1. AFDL, ya Laurent Desire Kabira. 2. RCD GOMA, ya Azarias Ruberwa. 3. CNDP ya Laurent Nkunda. M23, ya Bosco Ntaganda na M23 ya Sultan Makenga, iri mumirwano, ningabo za leta y’Ikinshasa ( FARDC) Kugeza none”.

Maze Ministre Gisaro ahamiriza itangaza makuru i Kinshasa ko M23, ifashwa n’a leta ya Kigali, yongeraho ko Urwanda rutaja RDC kubera FDLR ati iyo biba iki kibazo biba byarakemutse muntambara zabanjye mbere yiyi.

Alexis Gisaro, uvuka mubwoko bw’Abatutsi (Banyamulenge), yavuze ko ibibazo bya Congo bigomba gukemurwa nab’Anye Congo bonyine hatagize undi w’ivanga, yagize ati : “Ntabwo twatumiye u Rwanda kuza gukemura ibibazo bya Congo, kuko bizakemurwa nab’Anye Congo ubwabo kandi nibo babifitiye ubushobozi.”

Ibi abivuze benewabo ab’Atutsi (Abanyamulenge, bamaze imyaka irenga irindwi 7 bari muntambara zurudaca, nimugihe Maïmaï Bishambuke, kubufasha bw’ingabo za leta y’Ikinshasa(FARDC), aho zikomeza kubica muri Eastern ya Drc (Kivu yamajyaruguru ndetse niya majyepho), intambara zasenye imihana yabenewabo muri Minembwe, Indondo ya Bijombo, Rurambo, Mibunda ndetse na Bibogobogo, izintambara zishe Abanyamulenge babarigwa mubihumbi, ubutunzi bwabo (Inka), hamaze kunyagwa lbihumbi birenga amagana.

Naho leta y’Urwanda yo ivuga ko abayobozi ba leta y’Ikinshasa, bananiwe gukemura ibibazo bihanze Igihugu cabo, ahubwo bagahitamo kubyegeka kugihugu ca baturanye. U Rwanda rukavuga ko rutakwivanga mubibazo bya banye Congo.

Kugeza ubu intambara irabica bigacika muri Eastern ya Drc, Kivu yamajyaruguru muri Masisi aho ingabo za M23, zikomeje guhangana n’iza leta y’Ikinshasa (FARDC), nabafatanya bikorwa babo aribo Abacanshuro, FDLR ndetse n’a Maimai Nyatura.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post

Ingo icumi (10) zasubiye mubyabo muri Ruhemba na Rudabagiza, ninyuma yuko Gen André Ohenzo asezeranije amahoro muri Minembwe, naho Uvira ho Gen Ramazani Fundi yahamagaje Maimai kurwanya M23.

Comments 1

  1. Sibomana aimable says:
    3 years ago

    Birababaje kuba hariho abatutsi Muri Congo ariko batarasobanukirwa mumwanzi uwariwe kuvugira leta yakinshasa kandi ariyo iromo kwicha abatutsi Muri Kivu yamajaruguru ndetse namajepfo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?