Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Président Félix Tshisekedi, Ari Mu Bushinwa, Yongeye Gushinja Ingabo Za EACRF, Gukorana N’a M23 Ariko Ashimira Ingabo Zavuye I Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

President Félix Tshisekedi, ubwo yaganiraga nabanyekongo baba mu Bushinwa yongeye gushinja ingabo za EACRF gukorana n’a M23.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 26.05.2023, saa 7:45am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wa Kane (4), tariki makumyabiri nazitanu nibwo Umukuru w’igihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, bwana Félix Tshisekedi, yerekeje mu Bushinwa, bikaba biteganijwe ko uru rugendo rwe rwakazi ruzamara iminsi ine(4).

Akihagera Abanyakongo baba muricyo gihugu, bakoraniye hamwe kugira Félix Tshisekedi agire icababwira, mukiganiro Président Félix Antoine Tshisekedi, yahaye aba Congomani baba muricyo gihugu harimo ko ingabo za EACRF zirimubutumwa bwamahoro muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, ko zikorana numutwe wa M23, urwanya leta ya Kinshasa.

Ariko ashimira ingabo zavuye mugihugu cu Burundi, aho yagize ati : “Abasirikare ba Barundi bari mubutumwa mubice bya Masisi bo bakora inshingano zabazanye gukora kandi barabizirikana turabizera.”

Subwambere Président Félix Tshisekedi anenga ingabo zo muri Afrika y’iburasirazuba ( EAC), tariki 8.05.2023, ubwo yitegura ga kwitabira inama y’ibihugu biri muri SADC, nibwo kandi yavuze ko ingabo za EACRF ziva mubihugu bya Kenya,Uganda na Sudan y’Epfo, kozidakora inshingano zabo ahubwo ko bakorana n’inyeshamba zomumutwe wa M23.

Muribi biganiro kandi yongeye gushinja leta ya Kigali guhungabanya umutekano muburasirazuba bw’iki gihugu ca Congo Kinshasa, avuga ko Kigali ariyo ituma Igihugu cye kitabamo umutekano useseye.

Uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, hongeye kuvugwa kurebana ayingwe muntangiriro zuku kwezi nimugihe impande zombi zitanaga bamwana , aho umuvugizi w’igisirikare ca FARDC yavuzeko umutwe wa M23 witegurira kugaba ibitero mubirindiro byingabo za leta ya Kinshasa.

Naho bwana Major Willy Ngoma uvugira ingabo za M23 yavuzeko Ihuriro ry’ingabo za FARDC nimitwe yitwaje intwaro bakorana barimo kurunda ibibunda nabasirikare mubice bya Masisi n’a Kibumba.

Tags: EACRFMu BushinwaTshisekediYanenze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Mumakuru Yimikino Dusanga Harimo Impinduka Zabakinyi Barimo Gushakishwa Namakipe Yibigugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?