• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Président Félix Tshisekedi, Ari Mu Bushinwa, Yongeye Gushinja Ingabo Za EACRF, Gukorana N’a M23 Ariko Ashimira Ingabo Zavuye I Burundi.

minebwenews by minebwenews
May 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

President Félix Tshisekedi, ubwo yaganiraga nabanyekongo baba mu Bushinwa yongeye gushinja ingabo za EACRF gukorana n’a M23.

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 26.05.2023, saa 7:45am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Kuruyu wa Kane (4), tariki makumyabiri nazitanu nibwo Umukuru w’igihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, bwana Félix Tshisekedi, yerekeje mu Bushinwa, bikaba biteganijwe ko uru rugendo rwe rwakazi ruzamara iminsi ine(4).

Akihagera Abanyakongo baba muricyo gihugu, bakoraniye hamwe kugira Félix Tshisekedi agire icababwira, mukiganiro Président Félix Antoine Tshisekedi, yahaye aba Congomani baba muricyo gihugu harimo ko ingabo za EACRF zirimubutumwa bwamahoro muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, ko zikorana numutwe wa M23, urwanya leta ya Kinshasa.

Ariko ashimira ingabo zavuye mugihugu cu Burundi, aho yagize ati : “Abasirikare ba Barundi bari mubutumwa mubice bya Masisi bo bakora inshingano zabazanye gukora kandi barabizirikana turabizera.”

Subwambere Président Félix Tshisekedi anenga ingabo zo muri Afrika y’iburasirazuba ( EAC), tariki 8.05.2023, ubwo yitegura ga kwitabira inama y’ibihugu biri muri SADC, nibwo kandi yavuze ko ingabo za EACRF ziva mubihugu bya Kenya,Uganda na Sudan y’Epfo, kozidakora inshingano zabo ahubwo ko bakorana n’inyeshamba zomumutwe wa M23.

Muribi biganiro kandi yongeye gushinja leta ya Kigali guhungabanya umutekano muburasirazuba bw’iki gihugu ca Congo Kinshasa, avuga ko Kigali ariyo ituma Igihugu cye kitabamo umutekano useseye.

Uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, hongeye kuvugwa kurebana ayingwe muntangiriro zuku kwezi nimugihe impande zombi zitanaga bamwana , aho umuvugizi w’igisirikare ca FARDC yavuzeko umutwe wa M23 witegurira kugaba ibitero mubirindiro byingabo za leta ya Kinshasa.

Naho bwana Major Willy Ngoma uvugira ingabo za M23 yavuzeko Ihuriro ry’ingabo za FARDC nimitwe yitwaje intwaro bakorana barimo kurunda ibibunda nabasirikare mubice bya Masisi n’a Kibumba.

Tags: EACRFMu BushinwaTshisekediYanenze

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

Mumakuru Yimikino Dusanga Harimo Impinduka Zabakinyi Barimo Gushakishwa Namakipe Yibigugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Ibanga ryo Gukira no Kuba Umukire: Uko Umushahara Wawe Wakubakira Ubukire Burambye
  • Ubutumwa Bukomeye bwa Me. Byashoni ku Banyamulenge Bari mu Mahanga: Ukwizera, Ubumwe no Kongera Kubaka Umuryango
  • Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?