
Umuyobozi wa Ekelezia Gatolika Sikili Paluku, yavuze amagambo akomeye kumahoro ya RDC.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 12:08/2023, saa 12:20 Pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Umuyobozi w’idini Ekelezia Gatolika mu muji wa Beni na Butembo SIKILI PALUKU MERCHISEKECH, ubwo barimo bi buka inzira karengane za korewe itsembatsemba aho bita Rwangombwa. Nu bwicanyi bugize gihe bwarakozwe bukaba bwarakozwe mu myaka 25 ishize.
Uyu muyobozi yafashe ijambo avuga amagambo akomeye cyane kubijanye na mahoro muraka karere k’uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.
Yagize ati: “Nubwo amahoro yabuze muri kano karere ariko inzozi za mahoro muri RDC zizatinda zigerweho.”
Yakomeje asaba aba Congomani bose gukorera hamwe.
Ati: “Twese hamwe tu rusheho gukorera hamwe mugushaka icyazana amahoro. Nti mwi bagirwe ko izi ntambara zigize iminsi kandi uko zitinda niko zikomeje kwica abantu ibyo mukora murusheho guharanira kuzana amahoro habe niyo byaba arukuhasiga ubuzima ariko amahoro ni nkingi yabyose.”
Yongeye gushimangira ko amahoro azagaruka nubwo kano karere kabaye indiri yabitwaje intwaro bo mugihugu ndetse na banyamahanga.
Yarangije avuga ijambo ridasanzwe yagiz’ati:
“Niba Imana yaraturemye tudahari ntishobora no kuturinda tudahari ahumbwo umuntu wese agomba guhaguruka mugushakira amahoro arambye kandi yihariye kubibazo byose kano karere k’uburasirazuba karigucamo.”
Definitely, what a great site and enlightening posts, I definitely will bookmark your blog.Have an awsome day!