• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 15, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuyobozi w’idini Ekelezia Gatolika mu muji wa Beni na Butembo, yavuze amagambo akomeye ubwo bari mucyunamo.

minebwenews by minebwenews
August 12, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi wa Ekelezia Gatolika Sikili Paluku, yavuze amagambo akomeye kumahoro ya RDC.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 12:08/2023, saa 12:20 Pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Umuyobozi w’idini Ekelezia Gatolika mu muji wa Beni na Butembo SIKILI PALUKU MERCHISEKECH, ubwo barimo bi buka inzira karengane za korewe itsembatsemba aho bita Rwangombwa. Nu bwicanyi bugize gihe bwarakozwe bukaba bwarakozwe mu myaka 25 ishize.

Uyu muyobozi yafashe ijambo avuga amagambo akomeye cyane kubijanye na mahoro muraka karere k’uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.

Yagize ati: “Nubwo amahoro yabuze muri kano karere ariko inzozi za mahoro muri RDC zizatinda zigerweho.”

Yakomeje asaba aba Congomani bose gukorera hamwe.

Ati: “Twese hamwe tu rusheho gukorera hamwe mugushaka icyazana amahoro. Nti mwi bagirwe ko izi ntambara zigize iminsi kandi uko zitinda niko zikomeje kwica abantu ibyo mukora murusheho guharanira kuzana amahoro habe niyo byaba arukuhasiga ubuzima ariko amahoro ni nkingi yabyose.”

Yongeye gushimangira ko amahoro azagaruka nubwo kano karere kabaye indiri yabitwaje intwaro bo mugihugu ndetse na banyamahanga.

Yarangije avuga ijambo ridasanzwe yagiz’ati:
“Niba Imana yaraturemye tudahari ntishobora no kuturinda tudahari ahumbwo umuntu wese agomba guhaguruka mugushakira amahoro arambye kandi yihariye kubibazo byose kano karere k’uburasirazuba karigucamo.”

Tags: Amagambo akomeye kumahoroPalukuUmuyobozi w'idini Ekelezia Gatolika mu muji wa Beni na Butembo

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

The 19th Gatumba genocide commemoration by the Banyamulenge community.

Comments 1

  1. zoritoler imol says:
    3 years ago

    Definitely, what a great site and enlightening posts, I definitely will bookmark your blog.Have an awsome day!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Kinshasa: Imyigaragambyo yatangiye, imbaga y’abantu yuzuye imihanda yerekeza ku Nteko Ishinga Amategeko
  • Kinshasa mu Rujijo: Itangazo ryo Gufunga Amashuri Ryateje Impaka, Minisiteri y’Uburezi Iraryamagana
  • Kinshasa: Iduka ry’Ibikoresho by’Ubucuruzi Ryahindutse Umuyonga muri Camp PM
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?