Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Salamabila umuntu umwe yishwe n’i Mvura naho amazu agera 1032 yasenyaguritse bivuye ku Mvura yaguye arinshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 23, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Salamabila homuri teritware ya Kabambari, mu Ntara ya Manyema, umwana yishwe n’i Mvura naho amazu agera kuri 1032 yarengewe n’ayo Mazi y’i Mvura yaguye arinshi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Iy’inkuru yemejwe n’Ishirahamwe rya ARPJ rishinzwe kugarura amahoro n’Ubutabera muribyo bice.

Mu makuru yatanzwe na Soseyete sivile ya Kabambari, avuga ko iyo Mvura yaguye kuri uyu wa Kane, tariki 22/09/2023, kandi ko iyo Mvura yarivanze n’umuyaga iza kwangiriza ibintu byinshi birimo n’ayo Mazu yavuzwe haruguru.

N’kuko uyu uhagarariye Soseyete sivile yakomeje abivuga yatanze ubuhamya ati: “i Mvura yatangiye kugwa isaha zamugitondo kare kare igihe cisaha za sakumi n’azibiri ( 6h) z’igitondo ihita saa munane( 2h) z’igicamunsi.”

Uyu muyobozi yongeye ho ko inyubako za Masomo, zigera muri zitanu zasenywe nazo n’iyo Mvura.

Ati: “Abaturage, basizwe heru n’ibyo biza kandi ntibafite n’ico barya. Naho a Masomo yangiritse, hasenyutse agera kuri atanu.”

N’i Mvura byanavuzwe ko yangirije n’i Mirima ihinze k’Ubuso bungana na hekitari 17.

Sosiyete sivile hamwe n’iri Shirahamwe rya ARPJ, bakaba basabisha andi Mashirahamwe y’abagiraneza kw’ihutira gutabara abasizwe n’ibyo Biza by’i Mvura kuko abenshi mubafite ico kibazo ari Abana n’Abagore.

By Bruce Bahanda.

Tariki 23/09/2023.

Tags: Imvura yasenye amazu yica n'umutu umweKabambareManyemaSalamabila
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za Barundi niza RDC z'ibarizwa muri Batayo ya Task Force zari muri Kivu y'Epfo, zajanywe Minova kurwanya M23.

Comments 1

  1. Noble Ladd says:
    2 years ago

    Hello there

    Is your dog’s nails getting too long? If you’re tired of going to the vet or groomer to get them trimmed, why not try PawSafer™?
    With PawSafer™, you can trim your dog’s nails from the comfort of your own home, and it only takes a few minutes!

    PawSafer™ is the safest and most convenient way to trim your dog’s nails, and it’s very affordable.

    Get it while it’s still 50% OFF + FREE Shipping

    Buy here: https://pawsafer.net

    Best,

    Noble

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?