Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Dr Denis Mukwege, yatangaje ko agiye kw’iyamamariza kuzayobora Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 3, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Dr Denis Mukwege, yagejejeho abakongomani ijambo kuri uyu wa Mbere, tariki 02/10/2023, aho yababwiye ati: “Nta Zahabu nfite yo kubaha kandi ntan’amafaranga ndetse
n’Imipira yokubaha, yewe n’isapo ntazonfite ariko ico nfite n’ibitekerezo byanje n’ubunararibonye n’urukundo nfitiye Abakongomani, ati nkunda n’igihugu canjye.
Rero ndabibahaye kugirango duhagurukane twese tugendane kugirango twongere twubake igihugu cacu ndetse nogushaka ejo heza ha Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC).”

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko Denis Mukwege yatangaje ko aziyamamariza gutegeka Republika ya Demokarasi ya Congo.

Ubwo yarimo aganira naba Banye-kongo yagaragaye anenga leta ya Tshisekedi, avuga ko bimwe mu bibazo “bitigeze bibaho mbere…umutekano muke, inzara, ubukene, indwara…” aba Kongomani barimo kunyuramo biterwa na “leta idashoboye, ititaye ku bibazo by’igihugu”

Dr Denis Mukwege, y’unzemo ko ataricubahiro ashaka kirihejuru ko ahubwo ibimuteye kw’iyamamariza uyu mwanya ko ari ukugira ngo akure igihugu ce mugisuzuguriro.

Ati: “Twese nk’abakongomani, turabizi neza ibi bazo byinshi dufite bigenda bihungabanya urugendo ruganisha kumatora aho hari ubwibyi bwinshi ,gutangi biturire,kw’iba amafaranga ndetse n’ikoreshwa ryinzego zishinzwe amafaranga y’igihugu, intambara z’urudaca, ibi bisuzuguza igihugu cacyu. Ariko tugomba kubivamo.”

Dr Mukwege, akaba yashimangiye ko igisubizo kuribyo bi bazo byose ko abakongomani tugomba gushora imbaraga m’ukurwanya ubucakara ndetse noguhindura uburyo bwiza kugirango ubutabera buhabwe umwanya.

Yanaboneye ho n’umwanya woguhamagarira amashirahamwe kwabashaka ko haricohinduka muri RDC bomuba hafi kugira ngo bazamutore.

Dr Mukwege n’ubundi yarangije abwira abakongomani ko kwishirahamwe kwabo bishobora kugiribyo bahindura ndetse bigahindura n’amateka.

Biteganijwe ko kuri uyu wa kabiri(03/10/2023), Dr Mukwege ashikiriza n’akanama gashizwe amatora kandidatire yiwe.

Tubibutseko uyu mugabo Dr mukwege yaragize igihe asabishwa nama sosiyete sivile atandukanye kuba yakwiyamamariza kuyobora igihugu ndetse hakaba harinandi mashirahamwe ya politike yamaze gutangira ku mwamamaza nka ACRN nandi.

Menya Dr Denis Mukwege.

Mukwege akiri muto yagiye kwiga ubuvuzi i Bujumbura, arangije agaruka iwabo gukorera muri Hopital General de Lemera muri teritwari ya Uvira nyuma abona amahirwe ya ‘bourse’ yo kunononsora amasomo y’ubuvuzi bw’indwara z’abagore i Angers mu Bufaransa.

Abamushima bavuga ko byashobokaga ko aguma Iburayi agakomeza gukorerayo nk’umuganga, ariko ko yahisemo kugaruka iwabo kuvura abo mu gihugu cye nka muganga mukuru ku bitaro bya Lemera.

Mu 1996, imirwano igeze muri Uvira mu ntambara yakuyeho uwari Perezida Mubutu Sese Seko (mu 1997), Dr Mukwege yarahunze, kuri ibi bitaro habaye iciswe “Ubwicanyi bwa Lemera.”

By Bruce Bahanda.

Tariki 3/10/2023.

Tags: Dr Denis Mukwege yatangaje ko az'iyamamariza kuba umukuru w'igihugu ca RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yagejejwe ho ikibazo c'ubutaka bwa RDC bwometswe ku gihugu ca Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?