• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Dr Denis Mukwege, yatangaje ko agiye kw’iyamamariza kuzayobora Republika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
October 3, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Dr Denis Mukwege, yagejejeho abakongomani ijambo kuri uyu wa Mbere, tariki 02/10/2023, aho yababwiye ati: “Nta Zahabu nfite yo kubaha kandi ntan’amafaranga ndetse
n’Imipira yokubaha, yewe n’isapo ntazonfite ariko ico nfite n’ibitekerezo byanje n’ubunararibonye n’urukundo nfitiye Abakongomani, ati nkunda n’igihugu canjye.
Rero ndabibahaye kugirango duhagurukane twese tugendane kugirango twongere twubake igihugu cacu ndetse nogushaka ejo heza ha Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC).”

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko Denis Mukwege yatangaje ko aziyamamariza gutegeka Republika ya Demokarasi ya Congo.

Ubwo yarimo aganira naba Banye-kongo yagaragaye anenga leta ya Tshisekedi, avuga ko bimwe mu bibazo “bitigeze bibaho mbere…umutekano muke, inzara, ubukene, indwara…” aba Kongomani barimo kunyuramo biterwa na “leta idashoboye, ititaye ku bibazo by’igihugu”

Dr Denis Mukwege, y’unzemo ko ataricubahiro ashaka kirihejuru ko ahubwo ibimuteye kw’iyamamariza uyu mwanya ko ari ukugira ngo akure igihugu ce mugisuzuguriro.

Ati: “Twese nk’abakongomani, turabizi neza ibi bazo byinshi dufite bigenda bihungabanya urugendo ruganisha kumatora aho hari ubwibyi bwinshi ,gutangi biturire,kw’iba amafaranga ndetse n’ikoreshwa ryinzego zishinzwe amafaranga y’igihugu, intambara z’urudaca, ibi bisuzuguza igihugu cacyu. Ariko tugomba kubivamo.”

Dr Mukwege, akaba yashimangiye ko igisubizo kuribyo bi bazo byose ko abakongomani tugomba gushora imbaraga m’ukurwanya ubucakara ndetse noguhindura uburyo bwiza kugirango ubutabera buhabwe umwanya.

Yanaboneye ho n’umwanya woguhamagarira amashirahamwe kwabashaka ko haricohinduka muri RDC bomuba hafi kugira ngo bazamutore.

Dr Mukwege n’ubundi yarangije abwira abakongomani ko kwishirahamwe kwabo bishobora kugiribyo bahindura ndetse bigahindura n’amateka.

Biteganijwe ko kuri uyu wa kabiri(03/10/2023), Dr Mukwege ashikiriza n’akanama gashizwe amatora kandidatire yiwe.

Tubibutseko uyu mugabo Dr mukwege yaragize igihe asabishwa nama sosiyete sivile atandukanye kuba yakwiyamamariza kuyobora igihugu ndetse hakaba harinandi mashirahamwe ya politike yamaze gutangira ku mwamamaza nka ACRN nandi.

Menya Dr Denis Mukwege.

Mukwege akiri muto yagiye kwiga ubuvuzi i Bujumbura, arangije agaruka iwabo gukorera muri Hopital General de Lemera muri teritwari ya Uvira nyuma abona amahirwe ya ‘bourse’ yo kunononsora amasomo y’ubuvuzi bw’indwara z’abagore i Angers mu Bufaransa.

Abamushima bavuga ko byashobokaga ko aguma Iburayi agakomeza gukorerayo nk’umuganga, ariko ko yahisemo kugaruka iwabo kuvura abo mu gihugu cye nka muganga mukuru ku bitaro bya Lemera.

Mu 1996, imirwano igeze muri Uvira mu ntambara yakuyeho uwari Perezida Mubutu Sese Seko (mu 1997), Dr Mukwege yarahunze, kuri ibi bitaro habaye iciswe “Ubwicanyi bwa Lemera.”

By Bruce Bahanda.

Tariki 3/10/2023.

Tags: Dr Denis Mukwege yatangaje ko az'iyamamariza kuba umukuru w'igihugu ca RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yagejejwe ho ikibazo c'ubutaka bwa RDC bwometswe ku gihugu ca Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?