Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abacuruzi b’imyumbati n’ibindi biribwa ba bujijwe ku bizamura muri bi Bogobogo ahatuwe n’abaturage benshi ba Banyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, irashinjwa ku buza Abacuruzi bi Myumbati n’ibindi biribwa ku bizamura muri bi Bogobogo, ahatuwe n’abaturage benshi ba ba Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Byavuzwe ko uku ku buza Abacuruzi bi Myumbati n’Amafu ndetse n’ibindi biribwa ko Maï Maï yatangiye guha bariya benewabo amabwiriza yo kutabizamura ahatuwe n’Abanyamulenge ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Cumi (10). Gusa ayo ma bwiriza ngo yarushijeho gukara mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri (12) uy’u mwaka w’2023.

Mu byumweru bibiri bishize, hariya muri bi Bogobogo, homuri teritware ya Fizi, havuzwe kandi Maï Maï yaje iva i Nakiheri muri Grupema ya Mutambara, iza ishaka kwica no kunyaga Inka z’Abaturage ba Banyamulenge. Ubwo byari mo bivugwa bahamije ko baje ba ka mbika ku misozi ya Magunga na Mugorore no kutundi dusozi turi mu nkengero ya bi Bogobogo, ibi byatumye abaturage bo mw’itsinda rya Twirwaneho bikusanya maze bazibira ziriya Maï Maï nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice, bahamirije Minembwe Capital News ko Maï Maï yahise yongera kubura bigakekwa ko basubiye mubice byo muri Gurupema ya Mutambara.

Gusa muri bi Bogobogo hasanzwe hari kindi kibazo cy’u bujura aho imirima y’abaturage yibwa n’Abantu baza bitwaje imbunda bigakekwa ko yoba ar’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, z’ibarizwa muri ibyo bice. Umwe mu baturage ya bwiye MCN ko iki kibazo bagituye ziriya nzego zishinzwe u mutekano kuva mu kwezi kwa Cumi numwe (11) ariko kugeza ubu kiriya kibazo cyo kw’iba imirima gikomeje gufata indi ntera.

Bi Bogobogo, nagace ko muri teritware ya Fizi, gatuwemo n’ubwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge) benshi, Abapfulero bake na ba Bembe ndetse na Banyindu.

Bruce Bahanda.

Tags: Abacuruzi b'imyumbati n'ibindi biribwa ba bujijwe kubizamura muri bi BogobogoFiziKivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo z'u Burundi zahunze umuriro w'imbunda z'ingabo za Gen Sultan Makenga, birangira Abarundi biroshe mu Batutsi ba twika amazu yabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?