• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abadepite Muri RDC Bakije Umuriro Président Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
May 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’ubumwe bw’Africa(UA), ushobora guhagurukira ikibazo c’umutekano muke urangwa muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, gusa muri iki gihe bisa nibiri murujijo ku byemezo bikomeza gufatwa nabayobozi ba leta ya Kinshasa ndetse na Mahanga.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Amasezerano ya Addis Abeba, Nairobi ndetse na Luanda, n’inama y’akarere k’ibiyaga bigari, biri mu nzira zikomeje kwerekana imiterere ya Politike irangwa muri RDC ndetse nuko umutekano uhagaze muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC) aho ubu byemejwe ko ari ngombwa kongera ingufu z’ibihugu bigize iterambere ry’amajyepfo ya Africa (SADC), bakaba bemezanije kohereza ingabo zuyu muryango, .

Abahanga babona ko ibi ari nkuguhazagurika nokubura amahitamo bikaba biri nomubidindiza iterambere ndetse nubucuruzi, arinabyo aba Depite biki gihugu baheruka gusaba ko President Félix Antoine Tshisekedi, atanga ibisobanuro mbere yo kongeramo izindi ngabo muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Hari ibyahujwe, tariki 06.05.2023, abayobozi b’akarere ka Africa y’iburasirazuba (EAC), bahuriye i Bujumbura mu Burundi, naho tariki 08.05.2023, i Windhock muri Namibiya, bahisemo kongera guhuza umuryango wa SADC, kukibazo gusa c’Umutekano muke uri Muburasirazuba bwa RDC.

Harandi makuru avuga ko hari inama iteganijwe y’ibihugu bya Africa yunze Ubumwe, ishaka guhuza imiryango yose yo mu karere ariyo SADC, EAC na ICGLR, ikigamijwe nukurebera hamwe uko izongabo zose ziri mubutumwa bwa mahoro muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, bazabashe guhuza kugira ngo barusheho kugarura umutekano muriki gihugu.

Umuryango w’ubumwe bw’Africa wemeye icyifuzo cyo gukora iyo nama ariko, bakaba batarasobanura aho izabera n’igihe izabera, ibi byatangajwe n’uhagarariye Umuryango w’ubumwe bw’Afurika muri aka karere.

Abaturage bo mu burasirazuba bwa Rdc bakomeje guhangayikishwa na Politike itazana impinduka mugihugu cabo nintambara zurudaca.

Imyaka irenga icumi (10), imiryango mpuzamahanga ikomeza guterana kukibazo c’Umutekano muke muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, ariko gutora umuti bisa nibikomeza kuba ingorabahizi.

Aba depite ba RDC bagize ico babivugaho:

Umudepite Gratien, akaba arinawe uhagarariye ishaka Ensemble pour la Démocratie rya Moïse Katumbi, yatangaje ko Tshisekedi adakwiye kwegeka amakosa ku ngabo za EAC, kandi ari we wagiranye amasezerano nizo ngabo yo gukorera muri RDC.

yagize ati: “EAC iri muri RDC hashingiwe ku masezerano yihariye ubutegetsi bwa Tshisekedi bwemeye. Ntabwo Leta ikwiye kwifata nk’aho izi ngabo zizanye muri Congo. Zarahamagawe mu buryo bwemewe. Ntabwo wakina n’umutimanama wa rusange.”

Depite Delly Sesanga Hipungu uhagarariye ishaka Envol, we mu kiganiro yagiranye na TV5 Monde, yatangaje ko ibyo Tshisekedi ari gukora bisa noguta igihe. Ati: “Twatakaje igihe, dutegereza ibya Tshisekedi na Leta ye bitari ibya kinyamwuga, bidafitiwe amakuru kandi byakozwe buhumyi. Hari ingamba benshi muri twe twasabye ko zafatwa.”

Claudel Lubaya uhagarariye ishaka UDAO abona ibyemezo bya Tshisekedi byo kwemerera ingabo z’amahanga ziva hirya no hino kujya mu gihugu cye birimo guhuzagurika cyane kandi ngo bizamugiraho ingaruka.

Yagize ati: “Kugenda kw’ingabo z’akarere bigaragaza icyuho gikomeye cya politiki irangwa no kubura amahitamo hamwe no kuvuguruzanya, kwatewe no gushaka kwihorera binyuze mu cyitwa dipolomasi yeruye itagira aho igarukira, ibyara ingaruka mbi ku gihugu cyacu.”

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Ugandan President Museveni Condemns The Sudanese Warring Parties Of Being Anthropomorphic.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?