• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 27, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abadepite Muri RDC Bakije Umuriro Président Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
May 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’ubumwe bw’Africa(UA), ushobora guhagurukira ikibazo c’umutekano muke urangwa muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, gusa muri iki gihe bisa nibiri murujijo ku byemezo bikomeza gufatwa nabayobozi ba leta ya Kinshasa ndetse na Mahanga.

Amasezerano ya Addis Abeba, Nairobi ndetse na Luanda, n’inama y’akarere k’ibiyaga bigari, biri mu nzira zikomeje kwerekana imiterere ya Politike irangwa muri RDC ndetse nuko umutekano uhagaze muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC) aho ubu byemejwe ko ari ngombwa kongera ingufu z’ibihugu bigize iterambere ry’amajyepfo ya Africa (SADC), bakaba bemezanije kohereza ingabo zuyu muryango, .

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Abahanga babona ko ibi ari nkuguhazagurika nokubura amahitamo bikaba biri nomubidindiza iterambere ndetse nubucuruzi, arinabyo aba Depite biki gihugu baheruka gusaba ko President Félix Antoine Tshisekedi, atanga ibisobanuro mbere yo kongeramo izindi ngabo muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Hari ibyahujwe, tariki 06.05.2023, abayobozi b’akarere ka Africa y’iburasirazuba (EAC), bahuriye i Bujumbura mu Burundi, naho tariki 08.05.2023, i Windhock muri Namibiya, bahisemo kongera guhuza umuryango wa SADC, kukibazo gusa c’Umutekano muke uri Muburasirazuba bwa RDC.

Harandi makuru avuga ko hari inama iteganijwe y’ibihugu bya Africa yunze Ubumwe, ishaka guhuza imiryango yose yo mu karere ariyo SADC, EAC na ICGLR, ikigamijwe nukurebera hamwe uko izongabo zose ziri mubutumwa bwa mahoro muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, bazabashe guhuza kugira ngo barusheho kugarura umutekano muriki gihugu.

Umuryango w’ubumwe bw’Africa wemeye icyifuzo cyo gukora iyo nama ariko, bakaba batarasobanura aho izabera n’igihe izabera, ibi byatangajwe n’uhagarariye Umuryango w’ubumwe bw’Afurika muri aka karere.

Abaturage bo mu burasirazuba bwa Rdc bakomeje guhangayikishwa na Politike itazana impinduka mugihugu cabo nintambara zurudaca.

Imyaka irenga icumi (10), imiryango mpuzamahanga ikomeza guterana kukibazo c’Umutekano muke muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, ariko gutora umuti bisa nibikomeza kuba ingorabahizi.

Aba depite ba RDC bagize ico babivugaho:

Umudepite Gratien, akaba arinawe uhagarariye ishaka Ensemble pour la Démocratie rya Moïse Katumbi, yatangaje ko Tshisekedi adakwiye kwegeka amakosa ku ngabo za EAC, kandi ari we wagiranye amasezerano nizo ngabo yo gukorera muri RDC.

yagize ati: “EAC iri muri RDC hashingiwe ku masezerano yihariye ubutegetsi bwa Tshisekedi bwemeye. Ntabwo Leta ikwiye kwifata nk’aho izi ngabo zizanye muri Congo. Zarahamagawe mu buryo bwemewe. Ntabwo wakina n’umutimanama wa rusange.”

Depite Delly Sesanga Hipungu uhagarariye ishaka Envol, we mu kiganiro yagiranye na TV5 Monde, yatangaje ko ibyo Tshisekedi ari gukora bisa noguta igihe. Ati: “Twatakaje igihe, dutegereza ibya Tshisekedi na Leta ye bitari ibya kinyamwuga, bidafitiwe amakuru kandi byakozwe buhumyi. Hari ingamba benshi muri twe twasabye ko zafatwa.”

Claudel Lubaya uhagarariye ishaka UDAO abona ibyemezo bya Tshisekedi byo kwemerera ingabo z’amahanga ziva hirya no hino kujya mu gihugu cye birimo guhuzagurika cyane kandi ngo bizamugiraho ingaruka.

Yagize ati: “Kugenda kw’ingabo z’akarere bigaragaza icyuho gikomeye cya politiki irangwa no kubura amahitamo hamwe no kuvuguruzanya, kwatewe no gushaka kwihorera binyuze mu cyitwa dipolomasi yeruye itagira aho igarukira, ibyara ingaruka mbi ku gihugu cyacu.”

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

Ugandan President Museveni Condemns The Sudanese Warring Parties Of Being Anthropomorphic.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Les Wazalendo auxquels Tshisekedi s’est rapproché continuent de se disputer le leadership : ces divisions fragilisent davantage son pouvoir — Découvrez les dessous de l’affaire
  • Wazalendo abo Tshisekedi yiyegereje bakomeje kurwanira ubuyobozi; aya makimbirane akomeje gutesha agaciro Leta ye — Menya byinshi kuri iyi nkuru
  • AFC-M23 adresse un message fort à Kinshasa après la suspension des activités académiques à Goma et Bukavu
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?