• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abafatiwe i Goma barakekwaho ibintu bikomeye ndetse kandi baniswe Abanyarwanda.

minebwenews by minebwenews
August 26, 2024
in World News
0
Abafatiwe i Goma barakekwaho ibintu bikomeye ndetse kandi baniswe Abanyarwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abafatiwe i Goma barakekwaho ibintu bikomeye ndetse kandi baniswe Abanyarwanda.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Kamanda w’ingabo za karere ka gisirikare ka 34 mu mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yatangaje ko hafashwe abantu 8 bakekwaho gushakira M23 abantu bayijyamo, bakaba barafashwe ku munsi w’ejo hashize.

Ibi yabitangaje ku wa Gatandatu ubwo yerekanaga itsinda ry’abantu cumi na batanu batawe muri yombi mu gikorwa cya buri Cyumweru cyiswe “safisha mji wa Goma.”

Muri abo bafashwe harimo umusirikare wo muri brigade ya 11, Abanyarwanda bari mu gihugu cya RDC mu buryo butemewe, abacuruza ibiyobyabwenge n’urubyiruko bafatiwe mu duce dutandukanye two muri uy’u mujyi wa Goma, no muri teritware ya Nyiragongo.

Ku bwe, avuga ko aba bantu bakomoka k’umwanzi kandi ko bari batangiye gushakira umutwe wa M23 abarwanyi rwihishwa mu gihe uyu musirikare wo muri brigade ya 11 we akurikiranyweho gukwirakwiza amasasu mu baturage mu gihe cy’intambara.

Uyu komanda w’ingabo za RDC zo muri brigade ya 34, ya nemeje ko muri teritware ya Nyiragongo ariho amabandi yose ajya gukorera mu mujyi yihishya, ari naho kandi bategurira ubujura n’ibindi byaha bakora.

Ndetse kandi urubyiruko rwo mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, ahanini rwo mu bice bya Majengo, Kasika na Katoyi, rwemeje ko ari bo bambuye imbunda umupolisi, igihe yari kuri bariyeri yo mu muhanda, hashize icyumweru. Ibi byatangajwe n’uyu muyobozi.

Iki gikorwa anavuga ko yagikoze rwihishwa kugira ngo abashakishwa bataja kwihisha.

Ku rundi ruhande, abenshi mu bagiye bafatwa muri ubu buryo, bagiye boherezwa i Kinshasa, kandi amahirwe y’uko n’aba boherezwayo niyo menshi.

         MCN
Tags: 8 batawe muri yombiAbanyarwandaBakekwaho ibikomeyeGoma
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Hagati y’ingabo za Israel n’umutwe wa Hezbollah, havuzwe intambara karundura.

Hagati y'ingabo za Israel n'umutwe wa Hezbollah, havuzwe intambara karundura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?