Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abafatiwe i Goma barakekwaho ibintu bikomeye ndetse kandi baniswe Abanyarwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 26, 2024
in World News
0
Abafatiwe i Goma barakekwaho ibintu bikomeye ndetse kandi baniswe Abanyarwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abafatiwe i Goma barakekwaho ibintu bikomeye ndetse kandi baniswe Abanyarwanda.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Kamanda w’ingabo za karere ka gisirikare ka 34 mu mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yatangaje ko hafashwe abantu 8 bakekwaho gushakira M23 abantu bayijyamo, bakaba barafashwe ku munsi w’ejo hashize.

Ibi yabitangaje ku wa Gatandatu ubwo yerekanaga itsinda ry’abantu cumi na batanu batawe muri yombi mu gikorwa cya buri Cyumweru cyiswe “safisha mji wa Goma.”

Muri abo bafashwe harimo umusirikare wo muri brigade ya 11, Abanyarwanda bari mu gihugu cya RDC mu buryo butemewe, abacuruza ibiyobyabwenge n’urubyiruko bafatiwe mu duce dutandukanye two muri uy’u mujyi wa Goma, no muri teritware ya Nyiragongo.

Ku bwe, avuga ko aba bantu bakomoka k’umwanzi kandi ko bari batangiye gushakira umutwe wa M23 abarwanyi rwihishwa mu gihe uyu musirikare wo muri brigade ya 11 we akurikiranyweho gukwirakwiza amasasu mu baturage mu gihe cy’intambara.

Uyu komanda w’ingabo za RDC zo muri brigade ya 34, ya nemeje ko muri teritware ya Nyiragongo ariho amabandi yose ajya gukorera mu mujyi yihishya, ari naho kandi bategurira ubujura n’ibindi byaha bakora.

Ndetse kandi urubyiruko rwo mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, ahanini rwo mu bice bya Majengo, Kasika na Katoyi, rwemeje ko ari bo bambuye imbunda umupolisi, igihe yari kuri bariyeri yo mu muhanda, hashize icyumweru. Ibi byatangajwe n’uyu muyobozi.

Iki gikorwa anavuga ko yagikoze rwihishwa kugira ngo abashakishwa bataja kwihisha.

Ku rundi ruhande, abenshi mu bagiye bafatwa muri ubu buryo, bagiye boherezwa i Kinshasa, kandi amahirwe y’uko n’aba boherezwayo niyo menshi.

         MCN
Tags: 8 batawe muri yombiAbanyarwandaBakekwaho ibikomeyeGoma
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Hagati y’ingabo za Israel n’umutwe wa Hezbollah, havuzwe intambara karundura.

Hagati y'ingabo za Israel n'umutwe wa Hezbollah, havuzwe intambara karundura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?