• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abahuza ibitsina ba bisangiye (LGBT), baba mu Burundi, batewe ubwoba n’Ijambo umukuru w’igihugu c’u Burundi, yabavuzeho.

minebwenews by minebwenews
January 3, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abahuza ibitsina ba bisangiye (LGBT), baba mu Gihugu c’u Burundi, ubwoba nibwose, nyuma y’uko umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, atangaje ko “Abahuza ibitsina ba bisangiye, bakwiye kwegeranyirizwa hamwe, bagaterwa amabuye.”

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ni Perezida Evariste Ndayishimiye, wa bitangaje kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 02/01/2024, yabivuze mu gihe umushumba mukuru w’idini rya Kiliziya Katolika, yaraheruka, gutangaza ko abahuza ibitsina ba bisangiye, bemerewe kuza bahabwa “umugisha na bapadili.”

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagize ati: “Nkabo, bantu, bahuza ibitsina ba bisangiye, bakwiye kwegeranyirizwa hamwe nko muri Stade, maze abantu ba kabatera amabuye kugeza baheze umwuka.”

Aha rero niho ishirahamwe “Umuco,”riharanira uburenganzira bwa bahuza ibitsina ba bisangiye, mu Burundi, batangaje ko ijambo rya perezida, rya bakuye umutima. Umwe mu bayobozi birishirahamwe, mu kiganiro yahaye i Kinyamakuru ‘i Jwi ry’Amerika,’ yagize ati: “Ni ukuri ibyo Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ntibyari bikwiye ku vugwa n’u mukuru w’igihugu. Erega ni uburenganzira bwabo kandi bikwiye k’ubahirizwa nk’abandi bose baba babana rero abahuza ibitsina ba bisangiye nikimwe n’abandi.”

Yakomeje agira ati: “Ibyo rero perezida w’u Burundi, yavuze asa nu wahamagariye abantu kuza kwica abahuza ibitsina, ba bisangiye. Guterwa amabuye, oya rwose, biduteye ubwoba.”

Iy’i nkuru yatanzwe n’ikinyamakuru cya i Jwi ry’Amerika, ikomeza ivuga ko hakomeje gutangwa ubuhamya bugira buti: “Erega, ijambo rya perezida buriya rifatwa nk’itegeko, hari abazabyitwaza ba kagirira n’abi abahuza ibitsina ba bisangiye.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abahuza ibitsina ba bisangiye LGBTBaba mu Burundi batewe ubwoba n'Ijambo umukuru w'igihugu c'u Burundi Evariste NdayishimiyeYanavuze ho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post

Umuvunyi, Tito Rutaremara, yagize icyavuga ku mukuru w'igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, uheruka gutangaza ko azarasa i Kigali.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?