• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, May 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvunyi, Tito Rutaremara, yagize icyavuga ku mukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, uheruka gutangaza ko azarasa i Kigali.

minebwenews by minebwenews
January 3, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyarwanda, uzwi cyane muri politike y’u Rwanda, akaba ari mu batangije i Shyaka, riri k’u butegetsi mu gihugu c’u Rwanda, Tito Rutaremara, yavuze k’u mukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, uheruka gutangaza ko azatera u Rwanda, akavanaho Ubutegetsi bwa Paul Kagame.

You might also like

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

Isoko rikomeye ryo mu Mujyi wa Bujumbura ryafashwe n’inkongi y’umuriro, abacuruzi bahura n’igihombo gikomeye

ONU Yamaganye Ibihano bya Amerika yafatiye Cuba, Ivuga ko Bikomeje Guteza Ibibazo Bikomeye Abaturage

Mu mpera z’ukwezi gushize, kwa 12, umwaka w’2023, n’ibwo Tshisekedi, y’iyamamarizaga, k’u mwanya w’u mukuru w’igihugu ca RDC, akabaribwo yongeye k’umvikana avuga ko azarasa i Kigali, y’icaye i Goma.

Yagize ati: “Ingabo z’igihugu cyacu, ubu zifite imbaraga zidasanzwe, tuzarasa i Kigali, tw’iyicariye i Goma.”

Yunzemo kandi ati: “Muricyo gihe, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, azarara ukubiri n’urugo rwe, arare kure mw’Ishamba.”

Ibi nibyo Umuvunyi, Tito Rutaremara, yagarutseho, kuri uyu wa Gatatu, tariki 03/01/2024, akoresheje Urubuga rwa X, yagize ati: “Félix Tshisekedi, ari mu mayira abiri. Ntazi niba azakomeza ku rwanya u Rwanda, na M23 yaramunaniye, agafata Kigali-akica perezida Kagame, nk’uko abiririmba hirya no hino.”

Yunzemo Kandi ati: “M23 ibakubita incuro, Abarundi barahashirira abandi bafatirwa k’urugamba.”

Tito Rutaremara, yakoresheje n’u rurimi rw’icyongereza, agira ati: “Enough is enough.” Ugenekereje mu kinyamulenge, bigize biti: “Birahagije, Birahagije.”

Yasoje avuga ati: “Abayobozi b’u Rwanda, ni abahanga cyane ntibahubuka, baritonda, bagashishoza.”

Bruce Bahanda.

Tags: RwandaUmuvunyi Tito Rutaremara yagize icyavuga ku mukuru w'igihugu ca RDC Félix TshisekediWavuze ko Azarasa i Kigali
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère La famille du colonel Ruhorimbere Gapanda, l’un des hauts gradés des...

Read moreDetails

Isoko rikomeye ryo mu Mujyi wa Bujumbura ryafashwe n’inkongi y’umuriro, abacuruzi bahura n’igihombo gikomeye

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Isoko rikomeye ryo mu Mujyi wa Bujumbura ryafashwe n’inkongi y’umuriro, abacuruzi bahura n’igihombo gikomeye

Isoko rikomeye ryo mu Mujyi wa Bujumbura ryafashwe n’inkongi y’umuriro, abacuruzi bahura n’igihombo gikomeyeIsoko rya Kinama riherereye mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi ryibasiwe n’inkongi y’umuriro ikomeye yatumye...

Read moreDetails

ONU Yamaganye Ibihano bya Amerika yafatiye Cuba, Ivuga ko Bikomeje Guteza Ibibazo Bikomeye Abaturage

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
ONU Yamaganye Ibihano bya Amerika yafatiye Cuba, Ivuga ko Bikomeje Guteza Ibibazo Bikomeye Abaturage

ONU Yamaganye Ibihano bya Amerika yafatiye Cuba, Ivuga ko Bikomeje Guteza Ibibazo Bikomeye Abaturage Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (ONU) zagaragaje impungenge zikomeye ku cyemezo cya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Les Américains commencent à regretter profondément leur soutien au président Tshisekedi de la RDC

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Abanyamerika Batangiye Kwicuza Bikomeye Kuba Barashyigikiye Perezida Tshisekedi wa RDC

Les Américains commencent à regretter profondément leur soutien au président Tshisekedi de la RDC Alors que le pouvoir du président Félix Tshisekedi continue de subir de fortes pressions...

Read moreDetails

Abanyamerika Batangiye Kwicuza Bikomeye Kuba Barashyigikiye Perezida Tshisekedi wa RDC

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Abanyamerika Batangiye Kwicuza Bikomeye Kuba Barashyigikiye Perezida Tshisekedi wa RDC

Abanyamerika Batangiye Kwicuza Bikomeye Kuba Barashyigikiye Perezida Tshisekedi wa RDC Mu gihe ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi bukomeje kotswa igitutu n’abatavuga rumwe na bwo ndetse n’abasesenguzi mpuzamahanga, amagambo...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi Chapwe, yongeye k'umvikana avuga ko agiye guhangana, n'u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?