• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abajura ruhagwa barimo n’abiswe abanyarwanda bafatanwe ibikoresho bya gisirikare i Goma, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 8, 2024
in Regional Politics
0
Abajura ruhagwa barimo n’abiswe abanyarwanda bafatanwe ibikoresho bya gisirikare i Goma, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hafashwe abarimo abasirikare ba FARDC n’Abanyarwanda bibisha imbunda.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Amabandi ruharwa arimo abasirikare barindwi bo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya hakabamo n’Abanyarwanda barenga 8, n’ibo bafatiwe i Goma, nk’uko byemejwe n’inzego z’u buyobozi bwa Polisi mu Mujyi wa Goma .

Aba batawe muriyombi, ubwo abashinzwe umutekano bari muri Operasiyo y’umutekano yakozwe mu ijoro ryo k’uwa Kabiri rishira ku wa Gatatu, tariki ya 07/02/2024. Bya vuzwe ko abafashwe bose bagera kuri 44 ko kandi bafatiwe muri Quartier ya Bujovu na Majengo, byo muri Komine ya Karisimbi.

Komiseri mukuru wa Polisi i Goma, Faustin Kapend Kamand yabwiye itangaza makuru ko abafashwe bose bari mu matsinda y’abantu benshi bakora ubujura bitwaje imbunda.

Yavuze kandi ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buhanganye na M23 n’abajura kabuhariwe bibisha intwaro zirimo n’iza gakondo.

Muri abo bajura harimo abasirikare b’igihugu n’abandi bayobozi bakorera leta.

Naho abiswe Abanyarwanda harimo abagore batanu n’abagabo 5, bose bakaba ari icumi.

Komiseri wa Polisi yakomeje avuga ko abo bajura bafatanwe imbunda zitanu zo mu bwoko bwa AK-47 n’indi ya JP, magazine z’itatu zuzuye amasasu n’izindi zibiri zirimo ubusa.

Bari bafite kandi n’imyambaro yagisirikare idatoborwa n’amasasu, n’intwaro gakondo ndetse n’ibiyobyabwenge.

Ubuyobozi bwa Polisi bukaba bwemeje ko bugiye gukaza umutekano kuburyo bukaze.

Bruce Bahanda.

Tags: Abajura ruhagwaBafatanwe imbunda i GomaBarimo n'abiswe Abanyarwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Urubanza rukomeye ngo rutegereje perezida w’u Burundi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo.

Urubanza rukomeye ngo rutegereje perezida w'u Burundi n'ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?