• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urubanza rukomeye ngo rutegereje perezida w’u Burundi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
February 8, 2024
in Regional Politics
0
Urubanza rukomeye ngo rutegereje perezida w’u Burundi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe rya Cefor-Arusha ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, rivuga ko perezida Evariste Ndayishimiye ko azakurikiranwa ku byaha byo mu ntambara ingabo z’i gihugu cye, zikomeje gukorera mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Nk’uko bya vuzwe Evariste Ndayishimiye nka perezida w’igihugu akaba n’umugaba mukuru wikirenga w’ingabo z’u Burundi azabazwa ko ingabo ze zifatanya n’iza Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku bwicanyi bakorera abanyekongo bo mu bwoko bw’Abatutsi, mugihe baba bari mu ntambara na M23. Ni nyuma y’uko umwe mu badepite bo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ashize inyandiko hanze zishinja igisirikare cya leta ya RDC gukorera ubwicanyi abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

Uyoboye ishirahamwe rya Cefor-Arusha, Jean Bosco Rwigemera, mu kiganiro yahaye itangaza makuru, ki kaba cyanyuze no kuri radio Inzamba y’abarundi, yahamije ko byanze bikunze perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye azabazwa ibyaha ingabo ze zakoreye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Kubera umutima w’amacyakubiri ashingiye ku moko, umutima Ndayishimiye yereka mugenzi we wa Congo, mu ko hereza ingabo ze atisunze amategeko kuko mu busanzwe yari kubanza kubisabira uruhushya mu nteko nshinga mategeko kugira bariya basirikare boherezwe mu kindi gihugu.”

Uy’u muyobozi yakomeje avuga ko ibihano bizafatirwa igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bizafatirwa n’abasirikare b’u Burundi na perezida Evariste Ndayishimiye.

Ati: “Uno munsi biravugwa ko i nteko nshinga mategeko yo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, irigusabira ibihano ingabo za RDC n’abarwanyi bose bitwaje imbunda bafatanya na FARDC, bazira kuba bica abanyekongo bo mu bwoko bw’Abatutsi.”

Sibyo byonyine bya vuzwe na J.Bosco kuko yavuze ko Perezida Evariste Ndayishimiye amaze guta icyizere haba mu baturage b’u Burundi ndetse no mu mbonera kure kuko zakomeje kubura abo zakundaga mu ntambara bo babona idafite inyungu ku gihugu cy’u Burundi.

Leta y’u Burundi yagiye ishinjwa kohereza ingabo zabo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, n’ubwo u Burundi bu bihakana.

Gusa M23 yagiye yerekana bamwe mu basirikare b’u Burundi yagiye ifatira mu ntambara harimo n’abo iheruka kwerekana vuba mu Cyumweru gishize.

Radio RpA nayo y’abarundi ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, yatangaje ko leta y’u Burundi, iri kwica abasirikare babo barimo kwanga koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC, kurwanya M23.

Gusa RpA ikaba itigeze itangaza aboba bamaze kwicwa bazira kwanga koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Evariste Ndayishimiyeningabo za RDCRutegereje perezida w'u BurundiUrubanza rukomeye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Uhuru Kenyatta wahoze ari perezida wa Kenya, yagiranye i kiganiro n’u mukuru w’igihugu cya Uganda, ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru Kenyatta wahoze ari perezida wa Kenya, yagiranye i kiganiro n'u mukuru w'igihugu cya Uganda, ku mutekano w'u Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?