• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakandida batanu bahamagariye abanye-kongo, kurengera amajwi y’abo.

minebwenews by minebwenews
December 22, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakandida barimo Franck Diong, Matata Mponyo, Sesanga Hippung na Seth Kikuni, barahamagarira abaturage bose ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kurengera ubwisanzure bw’amajwi yabo bageneye Kandinda nimero ya 3, Moïse Katumbi Chapwe, yo kw’itariki 20/12/2023.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ibi babishize munyandiko bateraho n’imikono yabo kwari batanu (5), k’u wa Kane, tariki 21/12/2023.

N’inyandiko zirimo ibivuga biti: “Duhereye ku bimaze kuvugwa haruguru, bivuye ku kuba imashini z’itora kimwe n’udusanduku twitora byarabitswe nta batanga buhamya bahari, bigatuma udusanduku twitora twuzuzwamo amajwi y’ibihimbano, ibi dusanga ari uburiganya bukabije.”

Bakomeje bavuga bati: “Mu byukuri ibisubizo nk’uko bya maze gu kusanywa mu gihugu hose kandi byakozwe n’Ibigo byacyu dusanga umukandinda nimero 3 Moïse Katumbi Chapwe, ariwe urimbere.”

ibi bitangazwa na bakandida batanu(5), bishize hamwe banavuzeko mugihe umukandinda wabo nimero 3 Moïse Katumbi, azaba atarimbere ay’amatora azaba arimo ugupilate n’ubujura bubi. bwateguwe hagamijwe kugwiza ibihimbano mu dusanduku twitora.

Moïse Katumbi Chapwe na bagenzi be, ba babajwe na Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI, kuba yararenze itegeko rigenga imitunganyirize y’Amatora muri RDC.

By’u mwihariko kandi n’uko banenga iriya Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, kuba batarubahirije itegeko rya 52 rigena ko Amatora agomba kuba umunsi umwe mu gihugu.

Mu bindi iriya Komisiyo ya CENI inengwa na bose harimo ko imashini z’itora zatinze kugezwa ahabigenewe, bikozwe mu buriganya bwapanzwe n’agatsiko gakorera mu kwaha kwa perezida Félix Tshisekedi.

Tubibutsa ko Amatora ya badepite n’aya perezida wa Republika ya Demokarasi ya Congo, ko byari biteguwe kuzaba umunsi umwe wo kw’itariki 20/12/2023.

Ay’amatora akaba amaze iminsi ibiri abera mu gihugu hose kugeza ubu bakaba batararangiza. Gusa biteganijweko kuri uyu wa Gatanu, tariki 22/12/2023, haza gutangazwa amajwi y’agateganyo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abakandida 5Barahamagarira abanye-kongo kurengera amajwi y'aboMatata MponyoMoïse Katumbi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Kiliziya Katolika mu Rwanda, yavuguruje ibiheruka gutangazwa na Papa Francis, byo guha umugisha LGBT.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?