• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakandida batanu bahamagariye abanye-kongo, kurengera amajwi y’abo.

minebwenews by minebwenews
December 22, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakandida barimo Franck Diong, Matata Mponyo, Sesanga Hippung na Seth Kikuni, barahamagarira abaturage bose ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kurengera ubwisanzure bw’amajwi yabo bageneye Kandinda nimero ya 3, Moïse Katumbi Chapwe, yo kw’itariki 20/12/2023.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ibi babishize munyandiko bateraho n’imikono yabo kwari batanu (5), k’u wa Kane, tariki 21/12/2023.

N’inyandiko zirimo ibivuga biti: “Duhereye ku bimaze kuvugwa haruguru, bivuye ku kuba imashini z’itora kimwe n’udusanduku twitora byarabitswe nta batanga buhamya bahari, bigatuma udusanduku twitora twuzuzwamo amajwi y’ibihimbano, ibi dusanga ari uburiganya bukabije.”

Bakomeje bavuga bati: “Mu byukuri ibisubizo nk’uko bya maze gu kusanywa mu gihugu hose kandi byakozwe n’Ibigo byacyu dusanga umukandinda nimero 3 Moïse Katumbi Chapwe, ariwe urimbere.”

ibi bitangazwa na bakandida batanu(5), bishize hamwe banavuzeko mugihe umukandinda wabo nimero 3 Moïse Katumbi, azaba atarimbere ay’amatora azaba arimo ugupilate n’ubujura bubi. bwateguwe hagamijwe kugwiza ibihimbano mu dusanduku twitora.

Moïse Katumbi Chapwe na bagenzi be, ba babajwe na Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI, kuba yararenze itegeko rigenga imitunganyirize y’Amatora muri RDC.

By’u mwihariko kandi n’uko banenga iriya Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, kuba batarubahirije itegeko rya 52 rigena ko Amatora agomba kuba umunsi umwe mu gihugu.

Mu bindi iriya Komisiyo ya CENI inengwa na bose harimo ko imashini z’itora zatinze kugezwa ahabigenewe, bikozwe mu buriganya bwapanzwe n’agatsiko gakorera mu kwaha kwa perezida Félix Tshisekedi.

Tubibutsa ko Amatora ya badepite n’aya perezida wa Republika ya Demokarasi ya Congo, ko byari biteguwe kuzaba umunsi umwe wo kw’itariki 20/12/2023.

Ay’amatora akaba amaze iminsi ibiri abera mu gihugu hose kugeza ubu bakaba batararangiza. Gusa biteganijweko kuri uyu wa Gatanu, tariki 22/12/2023, haza gutangazwa amajwi y’agateganyo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abakandida 5Barahamagarira abanye-kongo kurengera amajwi y'aboMatata MponyoMoïse Katumbi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Kiliziya Katolika mu Rwanda, yavuguruje ibiheruka gutangazwa na Papa Francis, byo guha umugisha LGBT.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?