• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Kinshasa, ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila, imishahara yabo yahagaritswe.

minebwenews by minebwenews
April 27, 2024
in Regional Politics
0
Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Kinshasa, ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila, imishahara yabo yahagaritswe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila wahoze ari perezida muri icyo gihugu, leta ya hagaritse imishahara yabo.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni itegeko rya tanzwe kuri uyu wa Gatanu, ritanzwe na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo.

Perezida Félix Tshisekedi yavuze ko kubera ko Joseph Kabila Kabange atakiri mu gihugu bigomba gutuma abakozi bose harimo n’abasirikare bakoreraga mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila Kabange ibihembo bahabwaga na Guverinoma ya Kinshasa bigomba guhagarara guhera ubwo.

Avuga ko Joseph Kabila wahoze ari Umukuru w’igihugu ko yavuye mu gihugu muburyo butemewe n’amategeko, bityo ko na leta itagomba guhemba abakozi bo mu rugo iwe.

Joseph Kabila Kabange yavuye muri RDC mu ntangiriro z’u kwezi dusoje kwa Gatatu. Akimara kugenda leta ya Kinshasa binyuze ku munyamabanga mukuru w’ishyaka riri k’ubutegetsi rya UDPS, Augustin Kabuya yahise asohora itangazo avuga ko yahunze igihugu ko kandi yambukiye ku butaka bw’u Rwanda.

Ku rundi ruhande ubuyobozi bw’i shyaka rya PPRD ari ryo rya Joseph Kabila bo bamaganye ibyatangajwe na Augustin Kabuya bavuga ko Joseph Kabila yagiye muburyo bwemewe ko kandi ari gukurikirana ibya masomo ye, mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

Kuva umwaka ushize byakomeje gutangazwa ko Joseph Kabila ari gukurikirana ibya masomo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, ko ndetse ashaka gusoza icyiciro cyanyuma cy’i doctora.

Gusa imyaka igiye kuba itatu ubutegetsi bwa Tshisekedi bukomeje gushinjwa guhohotera Abanyapolitiki batavuga rumwe n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo abicwa, abafungwa, ndetse hakaba hari n’abagiye baburirwa irengero.

        MCN.
Tags: Abakozi n'abasirikareImishahara yabo yahagaritsweJoseph KabilaKu rugo rwa Joseph Kabila
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bakandida biyayamariza kumwanya wa guverineri w’i Natara ya Kinshasa, yasezeranije gusenya amakanisa.

Umwe mu bakandida biyayamariza kumwanya wa guverineri w'i Natara ya Kinshasa, yasezeranije gusenya amakanisa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?