Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Kinshasa, ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila, imishahara yabo yahagaritswe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 27, 2024
in Regional Politics
0
Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Kinshasa, ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila, imishahara yabo yahagaritswe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila wahoze ari perezida muri icyo gihugu, leta ya hagaritse imishahara yabo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni itegeko rya tanzwe kuri uyu wa Gatanu, ritanzwe na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo.

Perezida Félix Tshisekedi yavuze ko kubera ko Joseph Kabila Kabange atakiri mu gihugu bigomba gutuma abakozi bose harimo n’abasirikare bakoreraga mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila Kabange ibihembo bahabwaga na Guverinoma ya Kinshasa bigomba guhagarara guhera ubwo.

Avuga ko Joseph Kabila wahoze ari Umukuru w’igihugu ko yavuye mu gihugu muburyo butemewe n’amategeko, bityo ko na leta itagomba guhemba abakozi bo mu rugo iwe.

Joseph Kabila Kabange yavuye muri RDC mu ntangiriro z’u kwezi dusoje kwa Gatatu. Akimara kugenda leta ya Kinshasa binyuze ku munyamabanga mukuru w’ishyaka riri k’ubutegetsi rya UDPS, Augustin Kabuya yahise asohora itangazo avuga ko yahunze igihugu ko kandi yambukiye ku butaka bw’u Rwanda.

Ku rundi ruhande ubuyobozi bw’i shyaka rya PPRD ari ryo rya Joseph Kabila bo bamaganye ibyatangajwe na Augustin Kabuya bavuga ko Joseph Kabila yagiye muburyo bwemewe ko kandi ari gukurikirana ibya masomo ye, mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

Kuva umwaka ushize byakomeje gutangazwa ko Joseph Kabila ari gukurikirana ibya masomo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, ko ndetse ashaka gusoza icyiciro cyanyuma cy’i doctora.

Gusa imyaka igiye kuba itatu ubutegetsi bwa Tshisekedi bukomeje gushinjwa guhohotera Abanyapolitiki batavuga rumwe n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo abicwa, abafungwa, ndetse hakaba hari n’abagiye baburirwa irengero.

        MCN.
Tags: Abakozi n'abasirikareImishahara yabo yahagaritsweJoseph KabilaKu rugo rwa Joseph Kabila
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bakandida biyayamariza kumwanya wa guverineri w’i Natara ya Kinshasa, yasezeranije gusenya amakanisa.

Umwe mu bakandida biyayamariza kumwanya wa guverineri w'i Natara ya Kinshasa, yasezeranije gusenya amakanisa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?