• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Kinshasa, ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila, imishahara yabo yahagaritswe.

minebwenews by minebwenews
April 27, 2024
in Regional Politics
0
Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Kinshasa, ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila, imishahara yabo yahagaritswe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakozi n’abasirikare bahembwaga na Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ariko bakorera mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila wahoze ari perezida muri icyo gihugu, leta ya hagaritse imishahara yabo.

Ni itegeko rya tanzwe kuri uyu wa Gatanu, ritanzwe na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo.

READ ALSO

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

Perezida Félix Tshisekedi yavuze ko kubera ko Joseph Kabila Kabange atakiri mu gihugu bigomba gutuma abakozi bose harimo n’abasirikare bakoreraga mu bigo no kurugo rwa Joseph Kabila Kabange ibihembo bahabwaga na Guverinoma ya Kinshasa bigomba guhagarara guhera ubwo.

Avuga ko Joseph Kabila wahoze ari Umukuru w’igihugu ko yavuye mu gihugu muburyo butemewe n’amategeko, bityo ko na leta itagomba guhemba abakozi bo mu rugo iwe.

Joseph Kabila Kabange yavuye muri RDC mu ntangiriro z’u kwezi dusoje kwa Gatatu. Akimara kugenda leta ya Kinshasa binyuze ku munyamabanga mukuru w’ishyaka riri k’ubutegetsi rya UDPS, Augustin Kabuya yahise asohora itangazo avuga ko yahunze igihugu ko kandi yambukiye ku butaka bw’u Rwanda.

Ku rundi ruhande ubuyobozi bw’i shyaka rya PPRD ari ryo rya Joseph Kabila bo bamaganye ibyatangajwe na Augustin Kabuya bavuga ko Joseph Kabila yagiye muburyo bwemewe ko kandi ari gukurikirana ibya masomo ye, mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

Kuva umwaka ushize byakomeje gutangazwa ko Joseph Kabila ari gukurikirana ibya masomo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, ko ndetse ashaka gusoza icyiciro cyanyuma cy’i doctora.

Gusa imyaka igiye kuba itatu ubutegetsi bwa Tshisekedi bukomeje gushinjwa guhohotera Abanyapolitiki batavuga rumwe n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo abicwa, abafungwa, ndetse hakaba hari n’abagiye baburirwa irengero.

        MCN.
Tags: Abakozi n'abasirikareImishahara yabo yahagaritsweJoseph KabilaKu rugo rwa Joseph Kabila

Related Posts

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
Regional Politics

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

August 26, 2026
Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza
Regional Politics

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

August 25, 2026
INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA
Regional Politics

INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA

August 25, 2026
Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Next Post
Umwe mu bakandida biyayamariza kumwanya wa guverineri w’i Natara ya Kinshasa, yasezeranije gusenya amakanisa.

Umwe mu bakandida biyayamariza kumwanya wa guverineri w'i Natara ya Kinshasa, yasezeranije gusenya amakanisa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu
  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?