• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakuru b’ibihugu bishimiye ko perezida Paul Kagame w’u Rwanda yongeye gutorerwa ku ruyobora, ba bigaragaje.

minebwenews by minebwenews
July 17, 2024
in Regional Politics
0
Abakuru b’ibihugu bishimiye ko perezida Paul Kagame w’u Rwanda yongeye gutorerwa ku ruyobora, ba bigaragaje.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakuru b’ibihugu bishimiye ko perezida Paul Kagame w’u Rwanda yongeye gutorerwa ku ruyobora ba bigaragaje.

You might also like

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

Abakuru b’ibihugu n’abandi banyacyubahiro batandukanye bishimye ko Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora igihugu cy’u Rwanda bagiye bamushimira bamuha ‘felicitations.’

Perezida Paul Kagame yatahukanye intsinzi ku majwi 99%. Ni nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 15/07/2024, komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje amajwi yari amaze kubarurwa, Paul Kagame yagize 99,15%.

Nyuma yubwo abakuru b’ibihugu batandukanye, bakomeje ku mwifuriza ishya n’ihirwe ndetse banamugaragariza ko bishimiye ko yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu cy’u Rwanda.

Muri abo ba perezida harimo na William Ruto wa Kenya, iki gitondo cyo ku wa Gatatu yagize ati: “Mu izina ry’abaturage na Guverinoma ya Kenya, nishimiye kohereza ishya n’ihirwe ku bwo kongera gutorerwa indi manda nka perezida wa Repubulika y’u Rwanda.”

Kandi uyu mukuru w’igihugu cya Kenya yavuze ko Abanyakenya bifatanyije n’Abanyarwanda ku bw’amahitamo yabo meza ndetse no kuba umukuru w’igihugu cyabo.

Ati: “Niteguye gukomeza gukorana nawe mu karere ndetse no muri gahunda za Afrika mu gukomeza gutsimbataza umubano mu bufatanye n’ubuvandimwe hagati y’Abanyakenya n’Abanyarwanda.”

Madame Samia Suluhu Hassan, perezida wa Tanzania, nawe yagaragaje ko yishimiye intsinzi ya perezida Paul Kagame, aho nawe yavuze ko mu izina rya Guverinoma y’igihugu cye ndetse n’abaturage bacyo, bishimiye ko yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda.

Perezida wa Mozambique, Filipe Jacinto Nyusi, nawe yashimiye perezida Paul Kagame w’u Rwanda ku bwo kongera gutorerwa kuyobora igihugu cy’u Rwanda.

Uyu muperezida usanzwe ari n’inshuti ya Paul Kagame, yagize ati: “Tubifurije ishya n’ihirwe muri manda nshya mwatorewe n’abaturage b’u Rwanda.”

Perezida wa Guinea-Bissau, Umaro Mukhtar Sissoco Embaló na we yagize ati: “Mu izina rya Guinea-Bissau, ndagushimiye perezida Paul Kagame, ku bwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda.”

Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina na we yagize ati: “Mu izina ry’Abanya-Malagasy, nifurije Paul Kagame ku bwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda. Mu ifurije ishya n’ihirwe.”

Abandi banyacyubahiro bifurije Paul Kagame intsinzi harimo na Minisitiri w’intebe wa Ethiopian, Abiy Ahmed Ali na we yashimiye perezida Paul Kagame ku bwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda.

Yagize ati: “Ndakwifuriza kuzesa imihigo muri iyi manda yawe igiye kuza. Ndifuriza u Rwanda gukomeza kugira imiyoborere izana ituze n’amajyambere.”

Mu ijoro batangazamo amajwi y’agateganyo, perezida Paul Kagame yashimiye Abanyarwanda bongeye kumugirira icyizere bakamutora, ndetse abibutsa ko akazi gakomeye kari imbere ko gushyira mu bikorwa ibyo biyemeje.

         MCN.
Tags: Abakuru b'ibihuguBishimiye intsinziPerezida Paul Kagame w'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails
Next Post
Pierre Buyoya wabayeho perezida w’u Burundi yashinguwe mu cyubahiro.

Pierre Buyoya wabayeho perezida w'u Burundi yashinguwe mu cyubahiro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?