Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 5, 2024
in Regional Politics
0
Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri  Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 04/07/2024 impunzi z’icyumbikiwe mu nkambi ya DGDA, imwe mu zicumbikiye benshi mu nkengero z’u mujyi wa Goma uri mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, zakoze imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana umutekano muke ukomeje kwiyongera mu nkambi z’impunzi zitandukanye muri ibi bice byo muri Goma, nk’uko amakuru ava aha abivuga.

Iy’imyigaragambyo yabaye nyuma y’uko mu ijoro rishira ku wa Kane abitwaje imbunda bataramenyekana babasutseho urufaya rwa masasu bagakomeretsa benshi bakiba n’ibikoresho.

Imyigaragambyo yatangiye hamaze guca aho aba Banye-kongo babarirwaga mu magana bashyize amabuye mu mihanda itandukanye yerekera muri iyi nkambi.

Iz’impunzi zivuga ko kuva zagera muri iyi site ya DGDA iherereye mu rusisiro rwa Mugunga muri Komine ya Karisimbi nta narimwe zirabona umutekano.

Zimwe mu mpamvu nyamukuru bavuga ni uko leta yaba itabitayeho kimwe n’izindi nkambi z’impunzi zizengurutse umujyi wa Goma n’iziwurimo imbere.

Kuba nta mutekano iy’i nkambi ifite muri iy’i minsi ntabwo bitera impungenge abayicumbitsemo gusa, ahubwo n’abayituriye na bo bafite icyoba gikomeye.

Aba bavuga ko buri joro muri iy’i nkambi humvikana urufaya rw’a masasu y’imbunda ntoya, bikurikirwa n’ubujura bukabije bukomeje kwiganza muri aka gace.

Inkambi ya DGDA iherereye muri Komine ya Karisimbi mu mujyi wa Goma. Icumbikiye umubare munini w’impunzi ziganjemo izavuye mu nkambi ya Bulengo ubwo yo yamaraga kugwamo ibisasu bigahitana abantu barenga 37 mu kwezi kwa Gatanu gushize. Icyo gihe abapfuye bashyinguwe na leta mw’irimbi rya Kibati muri teritware ya Nyiragongo.

Abakozweho n’ibyo bisasu, bahise bava muri iyo nkambi berekeza muri Komine ya Karisimbi aho bashinze inkambi ubu igizwe n’abarenga ibihumbi icumi n’umunani.

         MCN.
Tags: DGDAGomaIkambi y'impunziImyigaragambyoKarisimbi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
U Burundi bwavuze ibyo gukingura umupaka ubuhuza n’u Rwanda, buvuga n’icyakorwa kugira ngo bu wu kingure.

U Burundi bwavuze ibyo gukingura umupaka ubuhuza n'u Rwanda, buvuga n'icyakorwa kugira ngo bu wu kingure.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?