• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.

minebwenews by minebwenews
July 5, 2024
in Regional Politics
0
Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri  Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.

You might also like

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 04/07/2024 impunzi z’icyumbikiwe mu nkambi ya DGDA, imwe mu zicumbikiye benshi mu nkengero z’u mujyi wa Goma uri mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, zakoze imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana umutekano muke ukomeje kwiyongera mu nkambi z’impunzi zitandukanye muri ibi bice byo muri Goma, nk’uko amakuru ava aha abivuga.

Iy’imyigaragambyo yabaye nyuma y’uko mu ijoro rishira ku wa Kane abitwaje imbunda bataramenyekana babasutseho urufaya rwa masasu bagakomeretsa benshi bakiba n’ibikoresho.

Imyigaragambyo yatangiye hamaze guca aho aba Banye-kongo babarirwaga mu magana bashyize amabuye mu mihanda itandukanye yerekera muri iyi nkambi.

Iz’impunzi zivuga ko kuva zagera muri iyi site ya DGDA iherereye mu rusisiro rwa Mugunga muri Komine ya Karisimbi nta narimwe zirabona umutekano.

Zimwe mu mpamvu nyamukuru bavuga ni uko leta yaba itabitayeho kimwe n’izindi nkambi z’impunzi zizengurutse umujyi wa Goma n’iziwurimo imbere.

Kuba nta mutekano iy’i nkambi ifite muri iy’i minsi ntabwo bitera impungenge abayicumbitsemo gusa, ahubwo n’abayituriye na bo bafite icyoba gikomeye.

Aba bavuga ko buri joro muri iy’i nkambi humvikana urufaya rw’a masasu y’imbunda ntoya, bikurikirwa n’ubujura bukabije bukomeje kwiganza muri aka gace.

Inkambi ya DGDA iherereye muri Komine ya Karisimbi mu mujyi wa Goma. Icumbikiye umubare munini w’impunzi ziganjemo izavuye mu nkambi ya Bulengo ubwo yo yamaraga kugwamo ibisasu bigahitana abantu barenga 37 mu kwezi kwa Gatanu gushize. Icyo gihe abapfuye bashyinguwe na leta mw’irimbi rya Kibati muri teritware ya Nyiragongo.

Abakozweho n’ibyo bisasu, bahise bava muri iyo nkambi berekeza muri Komine ya Karisimbi aho bashinze inkambi ubu igizwe n’abarenga ibihumbi icumi n’umunani.

         MCN.
Tags: DGDAGomaIkambi y'impunziImyigaragambyoKarisimbi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
U Burundi bwavuze ibyo gukingura umupaka ubuhuza n’u Rwanda, buvuga n’icyakorwa kugira ngo bu wu kingure.

U Burundi bwavuze ibyo gukingura umupaka ubuhuza n'u Rwanda, buvuga n'icyakorwa kugira ngo bu wu kingure.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?