Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abandi basirikare benshi b’u Burundi baguye mu mirwano muri Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 20, 2024
in Regional Politics
3
Abandi basirikare benshi b’u Burundi baguye mu mirwano muri Kivu Yaruguru.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abandi basirikare benshi b’u Burundi baguye mu mirwano muri kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Mu nkengero z’umujyi wa Sake muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu Yaruguru, haguye abasirikare benshi barwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa mu mirwano yabasakirinyije n’umutwe wa M23.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko muri abo basirikare bapfuye, harimo barindwi b’u Burundi, aba FARDC icumi na babiri, naho Wazalendo umunani.

Ni mu mirwano yabaye ku mugoroba wo ku wa kabiri, itariki ya 18/11/2024; bikaba byaratumye umuhanda wa Sake ufungwa uza gufungurwa mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu.

Iyi mirwano yabaye kandi mu gihe i Mubambiro hafi n’aho barimo barwanira, hari hoherejwe abasirikare benshi bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’iz’u Burundi mu rwego rwo gufungira abarwanyi ba M23 badafata umujyi wa Goma.

Si FARDC yonyine yarunzwe i Mubambiro kuko hari kandi n’abarwanyi ba bacanshuro ba bazungu, hagamijwe kurinda umujyi wa Goma.

Aya makuru anavuga ko umuhanda wa Sake nubwo wafunguwe, uri gukoreshwa gusa n’abakoresha moto n’abagendesha amaguru, ni mu gihe abasirikare bo ku ruhande rwa Leta badashobora kugera mu bice M23 igenzura.

Ibyo bibaye mu gihe mu Cyumweru gishize, abandi basirikare babarirwa kuri 50 b’u Burundi bari baheruka kugwa mu mirwano yabaye ahitwa Manzia ho muri teritware ya Lubero.
Iyi mirwano yanasize umutwe wa M23 ufashe ako gace n’utundi turi mu nkengero zako.

Tags: BurundiMubambiroSake
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Museveni wa Uganda, yarangiye RDC aho yavana igisubizo kirambye ku ntambara ihanganyemo na M23.

Museveni wa Uganda, yarangiye RDC aho yavana igisubizo kirambye ku ntambara ihanganyemo na M23.

Comments 3

  1. Ensuent says:
    8 months ago

    As it appears that the pathway of telomere maintenance in MCF7 cells is affected by the stable expression of wild type PML and PML C C we sought to determine the clinical implications of such changes, if any [url=https://fastpriligy.top/]priligy uk[/url] Stone prevention should be considered most strongly in patients who have risk factors for increased stone activity, such as the following

  2. Ensuent says:
    8 months ago

    20030138792 July 24, 2003 Schlegel et al [url=https://fastpriligy.top/]priligy amazon uk[/url] When your progesterone levels are low to start with, your luteal phase may be shorter and you may get your period before your expected due date

  3. Ensuent says:
    8 months ago

    DNA extracted from normal tissue vs DNA extracted from paired tumor samples showed perfect concordance between CYP2D6 genotypes Figure 2, A, so all DNA extractions used for genotyping in this study were from tumor samples [url=https://fastpriligy.top/]priligy 60 mg price[/url]

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?