Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 14, 2024
in World News
0
Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Umukobwa w’imyaka 31 y’amavuko, uzwi ku mazina ya Mukobwa wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, wariwaragiye bunyago, atetswe na Maï Maï mu Bibogobogo niwe watahutse, nk’uko amakuru akomeje gutangwa ku mbugankoranyambaga zitandukanye.

Imyaka 28 irashize, Mukobwa wari wari warajanwe n’abarwanyi ba Maï Maï ari umwana w’imyaka itatu n’igice, yongeye kugaruka mu muryango we.

Intambara yo mu mwaka w’ 1996, ubwo Abanyabibogobogo bicwaga n’abarimo Interahamwe ku bufatanye na Maï Maï, nibwo uyu mwana yafashwe n’aba barwanyi.

Ubuhamya bwatanzwe buvuga ko ubwo uyu mukobwa yafatwaga yasanzwe mu nzu yari yiciwemo Abanyamulenge benshi.

Nyuma, Maï Maï hamwe n’interahamwe baje kumwerekeza mu mashyamba yari arimo ibirindiro byabo. Bamwe mu baganirije uyu Mukobwa, yabahamirije ko yaje gukundwa n’Umubembe, ariko ngo uyu mu bembe aza gupfa, ari nabwo yahise ashakwa n’umusore waje ku mukunda w’Umubembe.

Binavugwa ko bari babyaranye umwana umwe.

Ku wa Gatanu tariki ya 13/09/2024, inkuru z’uyu mukobwo uvuka mu Bibogobogo, nibwo zatangiye gucicikana ku mbugankoranyambaga zigaragaza ko yageze mu muryango wabo aho bahungiye mu gihugu cy’u Burundi.

Uwaduhaye ubu buhamya yagize ati: “Mu gihe tugiye kwibuka ku nshuro ya gatanu, Abanyamulenge biciwe mu Bibogobogo mu 1996, hari umwana wabonetse i Bujumbura, ari muri barya bari barajanwe amatekwa muri Tanzania. Turifuza ko hoba gukurikirana n’abandi bakibuze.”

Hari ubundi butumwa bwa musaza w’uyu mukobwa uwo bakurikirana neza ku mugongo, bugikomeje guca ku mbugankoranyambaga, bugira buti: “Mudufashe kuzamurira Imana icyubahiro. Uwo n’umwana wacyitse ku icyumu mu bwicanyi bwahitanye Abanyabibogobogo mu 1996. Uwo mukobwa yarafite imyaka 3 n’igice. Yatowe n’Ubembekazi mu nzu abandi biciwemo.”

Aya makuru anavuga ko yatowe mu nkambi z’impunzi ya Shimeri(Camp de Transit) iherereye mu gihugu cy’u Burundi.

Mu butumwa bugaragaza umwirondoro w’uyu mukobwa buvuga ko ari umwuzukuru wa Mvuka wo kwa Byinshi. Abiwabo bahoze batuye mu Bibogobogo ibyo bavuze ko ari byo kwa Musa.

           MCN.
Tags: AbabembeamatekwaBibogobogoMai MaiMukobwa
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post

Stock futures are flat ahead of Fed’s Jackson Hole symposium

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?