• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.

minebwenews by minebwenews
September 14, 2024
in World News
0
Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyabibogobogo bari mu byishimo byinshi, nyuma yokubona uwari waragiye amatekwa.

You might also like

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Umukobwa w’imyaka 31 y’amavuko, uzwi ku mazina ya Mukobwa wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, wariwaragiye bunyago, atetswe na Maï Maï mu Bibogobogo niwe watahutse, nk’uko amakuru akomeje gutangwa ku mbugankoranyambaga zitandukanye.

Imyaka 28 irashize, Mukobwa wari wari warajanwe n’abarwanyi ba Maï Maï ari umwana w’imyaka itatu n’igice, yongeye kugaruka mu muryango we.

Intambara yo mu mwaka w’ 1996, ubwo Abanyabibogobogo bicwaga n’abarimo Interahamwe ku bufatanye na Maï Maï, nibwo uyu mwana yafashwe n’aba barwanyi.

Ubuhamya bwatanzwe buvuga ko ubwo uyu mukobwa yafatwaga yasanzwe mu nzu yari yiciwemo Abanyamulenge benshi.

Nyuma, Maï Maï hamwe n’interahamwe baje kumwerekeza mu mashyamba yari arimo ibirindiro byabo. Bamwe mu baganirije uyu Mukobwa, yabahamirije ko yaje gukundwa n’Umubembe, ariko ngo uyu mu bembe aza gupfa, ari nabwo yahise ashakwa n’umusore waje ku mukunda w’Umubembe.

Binavugwa ko bari babyaranye umwana umwe.

Ku wa Gatanu tariki ya 13/09/2024, inkuru z’uyu mukobwo uvuka mu Bibogobogo, nibwo zatangiye gucicikana ku mbugankoranyambaga zigaragaza ko yageze mu muryango wabo aho bahungiye mu gihugu cy’u Burundi.

Uwaduhaye ubu buhamya yagize ati: “Mu gihe tugiye kwibuka ku nshuro ya gatanu, Abanyamulenge biciwe mu Bibogobogo mu 1996, hari umwana wabonetse i Bujumbura, ari muri barya bari barajanwe amatekwa muri Tanzania. Turifuza ko hoba gukurikirana n’abandi bakibuze.”

Hari ubundi butumwa bwa musaza w’uyu mukobwa uwo bakurikirana neza ku mugongo, bugikomeje guca ku mbugankoranyambaga, bugira buti: “Mudufashe kuzamurira Imana icyubahiro. Uwo n’umwana wacyitse ku icyumu mu bwicanyi bwahitanye Abanyabibogobogo mu 1996. Uwo mukobwa yarafite imyaka 3 n’igice. Yatowe n’Ubembekazi mu nzu abandi biciwemo.”

Aya makuru anavuga ko yatowe mu nkambi z’impunzi ya Shimeri(Camp de Transit) iherereye mu gihugu cy’u Burundi.

Mu butumwa bugaragaza umwirondoro w’uyu mukobwa buvuga ko ari umwuzukuru wa Mvuka wo kwa Byinshi. Abiwabo bahoze batuye mu Bibogobogo ibyo bavuze ko ari byo kwa Musa.

           MCN.
Tags: AbabembeamatekwaBibogobogoMai MaiMukobwa
Share26Tweet16Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

by Bahanda Bruce
July 24, 2026
0
Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n'Ibikomeye Babarizwaho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Igikorwa cyo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya w'Umuryango w'Abibumbye (Loni/ONU) kigeze mu...

Read moreDetails

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Kera kabaye, ikibazo cy'ibura rya...

Read moreDetails

Amerika na Israel Mu Rwunge rw’Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
Amerika na Israel Mu Rwunge rw’Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani

Amerika na Israel Mu Rwunge rw'Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe...

Read moreDetails
Next Post

Stock futures are flat ahead of Fed’s Jackson Hole symposium

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?