• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 11, 2025
in World News
0
Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

You might also like

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Indege y’igisirikare cya Israel yarashe abanyamakuru batanu b’igitangazamakuru cya Al-Jazeera bahita bitaba Imana.

Amakuru avuga ko bagabweho igitero ubwo bari ku bitaro bya Al-Shifa biherereye mu ntara ya Gaza, nk’uko Al-Jazeera yabitangaje mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki ya 11/08/2025.

Abishwe ni Anas na Mohammed Qreiqeh, hamwe n’abafata amashusho Ibrahim Zaher, Mohammed Noufal na Moamen Aliwa bari mu ihema ry’abanyamakuru ku irembo ry’ibi bitaro.

Al-Jazeera dukesha iyi nkuru ikavuga ko ubwo bwicanyi bugambiriwe bwabaye ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 10/08/2025.

Nyuma y’icyo gitero, igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyarashe kigamije kwica Anas Al-Sharif ngo kubera ko yakoze nk’umukuru w’ishami ry’iterabwoba rya Hamas.

Umwe mu banyamakuru ba Al-Jazeera yasobanuye ko Anas Al-Sharif yari umunyamakuru watumaga ibikorerwa muri Gaza bimenyekana.

Bivugwa ko muri iyi ntambara Israel irimo muri Gaza ntabwo yigeze yemerera itangazamakuru ubwisanzure, bityo amakuru y’aho ibinyamamakuru bindi bikayakesha abanyamakuru basanzwe yo.

Uriya munyamakuru wa Al-Jazeera yakomeje avuga ko abo babo barashwe bari mu ihema ryabo, ngo ntabwo barimo batara amakuru.

Avuga ko ibyo Israel yakoze ari bwo buryo yahisemo bwo gucecekesha itangazamakuru.

Bivugwa kandi ko Ana Al-Sharif w’imyaka 28 mbere yuko araswa, yari yatangaje ku rubuga rwa x, aburira abantu ko Israel igiye gukora ibitero bishya muri Gaza.

Cyobikoze, igisirikare cya Israel cyashinjaga Anas Al-Sharif kwigira nk’umunyamakuru, ariko akorana n’umutwe wa Hamas.

Kikavuga ko abanyamakuru bose bakorana na Hamas bagomba kwicwa, kandi bagashyirwa mu baterabwaba.

Tags: Al-jazeeraAnasIDFYishwe Arashwe
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Rwanda has officially embarked on the rollout of its new Single Digital Identification System (SDIS), a cutting-edge platform designed to revolutionize identity management in the country. The initiative,...

Read moreDetails

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano. Muri Israel abantu babarirwa mu bihumbi imirongo biraye mu mihanda y'umujyi w'i Tel Aviv, mu myigaragambyo yo kwamagana...

Read moreDetails

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abakuru b'ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, na perezida Vladimir Putin w'u Burusiya, bemeranyije...

Read moreDetails

Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege muri Ghana.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege muri Ghana.

Abaminisitiri babiri baguye mu mpanuka y'indege muri Ghana. Dr Edward Omane Boamah wari minisitiri w'ingabo na minisitiri w'ibidukikije, Siyansi n'ikoranabuhanga, Ibrahim Murtala Muhammad bishwe n'impanuka y'indege ya gisirikare,...

Read moreDetails

Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze  muri guverinoma ye.

Menya impinduka perezida Ndayishimiye yakoze muri guverinoma ye. Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashyizeho guverinoma nshya, aho yagize umugore witwa Marie Chantal minisitiri w'ingabo ndetse kandi agabanya minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?