• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

minebwenews by minebwenews
August 11, 2025
in World News
0
Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Indege y’igisirikare cya Israel yarashe abanyamakuru batanu b’igitangazamakuru cya Al-Jazeera bahita bitaba Imana.

Amakuru avuga ko bagabweho igitero ubwo bari ku bitaro bya Al-Shifa biherereye mu ntara ya Gaza, nk’uko Al-Jazeera yabitangaje mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki ya 11/08/2025.

Abishwe ni Anas na Mohammed Qreiqeh, hamwe n’abafata amashusho Ibrahim Zaher, Mohammed Noufal na Moamen Aliwa bari mu ihema ry’abanyamakuru ku irembo ry’ibi bitaro.

Al-Jazeera dukesha iyi nkuru ikavuga ko ubwo bwicanyi bugambiriwe bwabaye ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 10/08/2025.

Nyuma y’icyo gitero, igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyarashe kigamije kwica Anas Al-Sharif ngo kubera ko yakoze nk’umukuru w’ishami ry’iterabwoba rya Hamas.

Umwe mu banyamakuru ba Al-Jazeera yasobanuye ko Anas Al-Sharif yari umunyamakuru watumaga ibikorerwa muri Gaza bimenyekana.

Bivugwa ko muri iyi ntambara Israel irimo muri Gaza ntabwo yigeze yemerera itangazamakuru ubwisanzure, bityo amakuru y’aho ibinyamamakuru bindi bikayakesha abanyamakuru basanzwe yo.

Uriya munyamakuru wa Al-Jazeera yakomeje avuga ko abo babo barashwe bari mu ihema ryabo, ngo ntabwo barimo batara amakuru.

Avuga ko ibyo Israel yakoze ari bwo buryo yahisemo bwo gucecekesha itangazamakuru.

Bivugwa kandi ko Ana Al-Sharif w’imyaka 28 mbere yuko araswa, yari yatangaje ku rubuga rwa x, aburira abantu ko Israel igiye gukora ibitero bishya muri Gaza.

Cyobikoze, igisirikare cya Israel cyashinjaga Anas Al-Sharif kwigira nk’umunyamakuru, ariko akorana n’umutwe wa Hamas.

Kikavuga ko abanyamakuru bose bakorana na Hamas bagomba kwicwa, kandi bagashyirwa mu baterabwaba.

Tags: Al-jazeeraAnasIDFYishwe Arashwe
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?