• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

minebwenews by minebwenews
August 11, 2025
in World News
0
Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Indege y’igisirikare cya Israel yarashe abanyamakuru batanu b’igitangazamakuru cya Al-Jazeera bahita bitaba Imana.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Amakuru avuga ko bagabweho igitero ubwo bari ku bitaro bya Al-Shifa biherereye mu ntara ya Gaza, nk’uko Al-Jazeera yabitangaje mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki ya 11/08/2025.

Abishwe ni Anas na Mohammed Qreiqeh, hamwe n’abafata amashusho Ibrahim Zaher, Mohammed Noufal na Moamen Aliwa bari mu ihema ry’abanyamakuru ku irembo ry’ibi bitaro.

Al-Jazeera dukesha iyi nkuru ikavuga ko ubwo bwicanyi bugambiriwe bwabaye ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 10/08/2025.

Nyuma y’icyo gitero, igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyarashe kigamije kwica Anas Al-Sharif ngo kubera ko yakoze nk’umukuru w’ishami ry’iterabwoba rya Hamas.

Umwe mu banyamakuru ba Al-Jazeera yasobanuye ko Anas Al-Sharif yari umunyamakuru watumaga ibikorerwa muri Gaza bimenyekana.

Bivugwa ko muri iyi ntambara Israel irimo muri Gaza ntabwo yigeze yemerera itangazamakuru ubwisanzure, bityo amakuru y’aho ibinyamamakuru bindi bikayakesha abanyamakuru basanzwe yo.

Uriya munyamakuru wa Al-Jazeera yakomeje avuga ko abo babo barashwe bari mu ihema ryabo, ngo ntabwo barimo batara amakuru.

Avuga ko ibyo Israel yakoze ari bwo buryo yahisemo bwo gucecekesha itangazamakuru.

Bivugwa kandi ko Ana Al-Sharif w’imyaka 28 mbere yuko araswa, yari yatangaje ku rubuga rwa x, aburira abantu ko Israel igiye gukora ibitero bishya muri Gaza.

Cyobikoze, igisirikare cya Israel cyashinjaga Anas Al-Sharif kwigira nk’umunyamakuru, ariko akorana n’umutwe wa Hamas.

Kikavuga ko abanyamakuru bose bakorana na Hamas bagomba kwicwa, kandi bagashyirwa mu baterabwaba.

Tags: Al-jazeeraAnasIDFYishwe Arashwe

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?