• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abagenzi baca inzira ya Kobero mu Burundi, baratabaza.

minebwenews by minebwenews
September 3, 2024
in World News
0
Abagenzi baca inzira ya Kobero mu Burundi, baratabaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abagenzi baca inzira ya Kobero mu Burundi, baratabaza.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Bikubiye mu butumwa bwanditse bwahawe MCN buvuga ko abagenzi banyura i Kobero ku mupaka uhuza u Burundi na Tanzania, ahanini ku Banyamulenge bari mu kuvanwa mu bandi bagenzi bakanyagwa ibyabo, ndetse bakanahohoterwa.

Ni ubu butumwa bwatanzwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 03/09/2024, buvuga ko inzira ya Kobero yabaye nyamurahirwa ku Banyamulenge uyicamo wese ahura na kaga.

Bugira buti: “Inzira ya Kobero yabaye mbi, nta munyamulenge uyicamo ngo bareke ku munyaga, wa ba ufite ibyangombwa cyangwa utabifite. Muri make twabaye igishoro.”

Ubu butumwa bunavuga kandi ko Abanyamulenge bari mu kuvanwa mu bandi bagenzi, hanyuma bakadidibuzwa amagambo yo kubashyiraho iterabwoba, bityo bakabanyaga utwabo.

Kimweho, ngo abafite ibyangombwa nti banyagwa kimwe n’abatabifite, kuko abatabifite, usibye kubanyaga bahatwa n’ibiti byinshi.

Ibi biba kubanyuze iyi nzira bakoresheje imodoka cyangwa moto.

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko nta munyamulenge urahicirwa usibye gusa ko banyagwa ibyabo, kandi bukavuga ko babikorerwa n’Imbonerakure hamwe n’igipolisi cy’iki gihugu.

Umupaka uri kuvugwa aha ni uwa Kobero, uhuza iki gihugu cy’u Burundi na Tanzania, ukaba uherereyehe mu Ntara ya Muyinga, mu Burasirazuba bw’iki gihugu cy’u Burundi.

             MCN.
Tags: KoberoU Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe Abarundi bamaze kwicwa mu myaka 4 perezida Evariste Ndayishimiye amaze ayoboye u Burundi.

Hatangajwe Abarundi bamaze kwicwa mu myaka 4 perezida Evariste Ndayishimiye amaze ayoboye u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?