• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe Abarundi bamaze kwicwa mu myaka 4 perezida Evariste Ndayishimiye amaze ayoboye u Burundi.

minebwenews by minebwenews
September 3, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe Abarundi bamaze kwicwa mu myaka 4 perezida Evariste Ndayishimiye amaze ayoboye u Burundi.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe Abarundi bamaze kwicwa mu myaka ine perezida Evariste Ndayishimiye amaze ayoboye u Burundi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni raporo yashyizwe hanze n’ishirahamwe rya FECODE, riyobowe na Pacifique Nininahazwe, aho muri iyi raporo avuga ko mu myaka ine perezida Evariste Ndayishimiye amaze ayoboye u Burundi hamaze kwicwa abantu babarirwa 120, hakaba hari n’abandi baburiwe irengero.

Mu minisi mike ishize, amashirahamwe arengera ikiremwa muntu ku Isi arimo na Amnesty international, yemeje ko abenegihugu bishwe cyane mu Burundi mu myaka ine perezida Ndayishimiye amaze ayoboye iki gihugu, kandi anagaragaza ko abishwe ahanini bagiye bicwa n’inzego zishinzwe ubutasi bafatanije n’Imbonerakure.

Ishirahamwe rya FECODE, binyuze mu matohoza ryakozwe, azwi nka “ndondeza” rihamya ko abantu rimaze kumenya bishwe kuri iyi ngoma ya Evariste Ndayishimiye ari 120.

FECODE ivuga ko mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka w’ 2024, abo yamenye baburiwe irengero muri iki gihugu cy’u Burundi ni 25.

Uyoboye FECODE, Pacifique Nininahazwe, mu kiganiro aheruka guha ijwi ry’Amerika, yavuze ko ikibabaje kikanatera ubwoba ari ishirahamwe ry’igihugu rishinzwe kurengera ikiremwa muntu (CNIDH) mu Burundi ritagaraza akaga Abarundi bahura nako, ni mu gihe mu byegeranyo rimaze gukora bigera muri bitanu, byo kuva mu mwaka w’ 2019, nta na hamwe ryigeze rivuga ku Barundi bagiye baburirwa irengero.

FECODE yo ikaba yagaragaje ko hari abantu 166 baburiwe irengero muri iyi myaka ine, u Burundi bumaze buyobowe na Evariste Ndayishimiye.

Amwe mu mashirahamwe akorera muri iki gihugu, arimo nka ACOPA Burundi na FOLUCON F, aharanira ku bungabunga amahoro n’umutekano mu Burundi, yavuze ko raporo zirimo gusohoka muri iyi minsi zivuga kwihonyora rikorerwa ikiremwa muntu muri iki gihugu zitarimo ukuri, ndetse avuga ko ibyo bishobora kwanduza isura y’iki gihugu n’amatora ateganyijwe kuba.

Umwe wo muri ayo mashirahamwe utarashatse kuvuga amazina ye ubwo yavuganaga n’ijwi ry’Amerika, yamaganye abavuga ko mu Burundi hubahirizwa ikiremwa muntu.

Yagize ati: “Ababona uko, ni Abarundi bakorera mu mashirahamwe akorera mu kwaha ku butegetsi bwa CND FDD. Ni nde murundi utazi ko mu Burundi nta burenganzira bwa muntu buharangwa?”

Muri raporo ya ririya shirahamwe rya Amnesty international iheruka kuja hanze, yerekanye ko abaharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi n’abenegihugu batidegembya.

Ivuga ko abenshi bafunzwe, abandi baricwa n’abandi benshi baburirwa irengero hamwe n’abahunze iki gihugu.

Iri shirahamwe rikagaragaza ko mu bikunzwe gutangazwa na perezida Evariste Ndayishimiye ku bijanye n’uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu, bidashyirwa mu ngiro ko hubwo bihera mu magambo gusa.

             MCN
Tags: AbarundiAyoboyeBishweEvariste NdayishimiyeMu myaka ine
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umubare w’imfungwa zaguye muri Gereza ya Makala i Kinshasa wa menyekanye.

Umubare w'imfungwa zaguye muri Gereza ya Makala i Kinshasa wa menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?