• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abanyamulenge Bafungiwe i Kalemie Baratabarizwa, Barasaba Ubutabera Mpuzamahanga

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 7, 2026
in Conflict & Security
0
Abanyamulenge Bafungiwe i Kalemie Baratabarizwa, Barasaba Ubutabera Mpuzamahanga
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge Bafungiwe i Kalemie Baratabarizwa, Barasaba Ubutabera Mpuzamahanga

You might also like

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

Imiryango y’Abanyamulenge imaze iminsi ifungiwe mu mujyi wa Kalemie, mu Ntara ya Tanganyika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iratabaza isaba ubutabera n’ubutabazi bwihuse. Ibi bije nyuma y’uko inzira zose zemewe n’amategeko imbere mu gihugu zinaniwe gutanga igisubizo ku kibazo cy’ifungwa ryabo.

Amakuru aturuka muri iyo miryango avuga ko mu byumweru bibiri bishize ari bwo abo bantu bafashwe n’ingabo za FARDC, bakaba barafashwe bazira gusa ko ari Abatutsi, nta kindi cyaha bashinjwa. Muri bo harimo Mazimpaka Sengoga, wafatiwe mu isoko rya Kalemie aho yari yagiye kugura ibitunga umuryango we.

Abandi babiri, Karisa Ruhamanya na Nyamuhoza, na bo bafatiwe mu mujyi wa Kalemie, bose bakaba barafashwe bazira gusa inkomoko yabo n’uko baremwe, nk’uko imiryango yabo ibitangaza.

Abagize iyo miryango baganiriye na Minembwe Capital News batangaje ko Mutualité y’Abanyamulenge ikorera i Kalemie yagerageje inshuro nyinshi gushaka uko abo bafunzwe barekurwa binyuze mu nzira zemewe n’amategeko, ariko izo ngamba zose zikaba zararangiye nta musaruro zitanze.

Abanyamulenge batuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamaze igihe kirekire bagaragaza akarengane n’ivangura bakorerwa, cyane cyane mu bijyanye n’umutekano, uburenganzira bwa muntu n’ubutabera. Nyamara, imiryango yabo ivuga ko amahanga yakomeje kudaha agaciro ibyo bibazo, akabirebera nk’aho atabyumva.

Imiryango y’aba bafunzwe isaba imiryango mpuzamahanga iharanira uburenganzira bwa muntu, imiryango itabara imbabare n’inzego za Loni kwinjira muri iki kibazo byihuse, hagamijwe ko abo bantu barekurwa, kuko nta kindi cyaha bashinjwa uretse inkomoko yabo. Igaragaza ko nta gihugu kigomba gufunga abaturage bacyo bazira ubwoko bwabo, kandi ko uburenganzira bwo kubaho mu bwisanzure no kurengerwa n’amategeko bugomba kuba rusange kuri bose.

Tags: AbanyamulengebafunzweBaratabarizwaKalemie
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

by Bahanda Bruce
January 9, 2026
0
RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be Ku wa Kane tariki ya 08/01/2026, Marie-Ange Mushobekwa, wahoze ari Minisitiri w’Uburenganzira bwa Muntu ndetse akaba...

Read moreDetails

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro Perezida w’ishyaka Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP), Frank Diongo, yanenze bikomeye raporo iherutse gushyirwa...

Read moreDetails

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge Lieutenant-Colonel Mak Hazukay Mongba yagizwe by’agateganyo Umuyobozi wa Serivisi...

Read moreDetails

Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa

Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa Urupfu rwa Matthieu Abata Diabar Sona, umwarimu wa Kaminuza ya Kinshasa (UNIKIN), rwateje agahinda...

Read moreDetails

RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera

RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko yifuza ko ibiganiro...

Read moreDetails
Next Post
Amerika, Qatar n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Barahamagarirwa Guhuza Inzira za Washington na Doha mu Rugendo rw’Amahoro

Amerika, Qatar n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Barahamagarirwa Guhuza Inzira za Washington na Doha mu Rugendo rw’Amahoro

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?