• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abanyamulenge baratabariza uwabo washimuswe n’abasirikare ba FARDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 20, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Ababarirwa mu mirongo bishwe na ADF
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge baratabariza uwabo washimuswe n’abasirikare ba FARDC

You might also like

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Umusore w’Umunyamulenge uri mu kigero cy’imyaka 28 y’amavuko witwa Chance Emmanuel, wari usanzwe akora akazi k’ubwungeri bw’inka yaburiwe irengero nyuma y’aho bimenyekanye ko yafatiwe Inyunzu mu cyahoze cyitwa Katanga n’abasirikare ba FARDC, kuri ubwo umuryango we uramutabariza.

Ubutumwa Minembwe Capital News ikesha umwe wo mu muryango wa Chance wafashwe n’abasirikare ba FARDC, bugaragaza ko nyuma y’aho bamenye ko yafashwe, nta yandi makuru ye bongeye kumenya, kandi ko telefone ye iri kwitabwa n’abasirikare.

Ubwo butumwa bu mutabariza bugira buti: “Chance Emmanuel yakoraga akazi ko kuragira Inka ahitwa Kongolo. Ejo bundi afata gahunda yo gutaha muri Kivu y’Amajyepfo kimwe nuko n’abandi babigenza. Ariko ageze mu nzira afatwa n’abasirikare ba FARDC.”

Burongera buti: “Aho yafatiwe ni Nyunzu. Akimara gufatwa yahamagaye abo mu muryango we, abamenyesha ko afashwe. Igitangaje nyuma twacyishijemo za nimero yaduhamagaje zitabwa n’abantu batubwira ko ari abasirikare ba Leta y’i Kinshasa, FARDC.”

Umuryango we uvuga ko utazi iyo uwabo yajanwe, bityo ugatabaza ababifitiye ububasha ku mutabara.

Muri ubwo butumwa bu mutabariza twahawe, ntaho bugaragaza ko umuryango watswe ifaranga kugira ngo babarekurire Chance, nk’uko abenshi ariko babigenzerezwa.

Ibi byo gushimuta Abanyamulenge baba bari mu rugenzi, ni bintu bikunze kuba cyane muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Igitangaje n’abasirikare b’igihugu bakabarengeye usanga ari bo bafata iya mbere mu kubashimuta.

Ndetse kandi hari ubwo iki gisirikare cya RDC gikoresha imitwe yitwaje intwaro ku bashimuta, ariko bikarangira bose bisanze mu mugambi umwe.

Bamwe mu Banye-Congo bo muri ubu bwoko bw’Abanyamulenge, bashimutiwe za Mwenga, Maniema, Fizi, Uvira n’ahandi. Ni bikorwa bizwi ko byagiye bikorwa mu bihe bitandukanye.

Chance Emmanuel washimuswe ku munsi w’ejo ku wa gatanu, twabwiwe ko ari uwo mu muryango w’Abasinzira, umwe mu miryango igize ubwoko bw’Abanyamulenge bo mu Burasirazuba bwa RDC.

Tags: AbabyamulengeFardcGushimutaInyunzu
Share36Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

Kivu y'Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n'Abana Babiri Mu gihe imirwano ikomeje gukomera mu bice byegereye umupaka wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi, abaturage...

Read moreDetails

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Bisimwa yemeje ko batifuza kongera kwinjizwa mu ngabo zatsinzwe, ahubwo bashyize imbere kubaka ingabo nshya z’igihugu

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y'Amajyepfo Ihuriro Alliance Fleuve Congo/M23 ryatangaje ko ku wa gatatu tariki ya 03/12/2025, habaye inama ikomeye yabereye...

Read moreDetails

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika Amakuru yizewe agera kuri Minembwe Capital News kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/12/2025,...

Read moreDetails

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y’i Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Luvungi Yafashwe: Imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC, imirambo y’ingabo z’u Burundi isigara ku rugamba

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y'i Kibaya cya Rusizi Imirwano ikaze yongeye kubura ku misozi ya Munanira, hafi...

Read moreDetails

Mu kibaya cya Rusizi, Ibisasu binini byongeye kumvikana

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byongeye gutera impagarara mu kibaya cya Rusizi: Abasivili barimo gupfa, Luvungi na Katogota mu kaga.

Mu Kibaya cya Rusizi, Ibisasu binini byongeye kumvikana Mu gihe mu Kibaya cya Rusizi muri teritwari ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hari hamaze kuboneka agahenge gake,...

Read moreDetails
Next Post
Umwanzuro wa Loni usaba Israel guhagarika intambara muri Gaza, igihugu cy’igihangange cya witambitse imbere

Umwanzuro wa Loni usaba Israel guhagarika intambara muri Gaza, igihugu cy'igihangange cya witambitse imbere

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?