• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abanyamulenge baratabariza uwabo washimuswe n’abasirikare ba FARDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 20, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Ababarirwa mu mirongo bishwe na ADF
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge baratabariza uwabo washimuswe n’abasirikare ba FARDC

You might also like

Inkuru iteye ubwoba mu nzira ya Kipupu–Uvira

Un récit alarmant sur l’axe Kipupu–Uvira

L’OIM dément les déclarations de la Première ministre Judith Suminwa sur un prétendu accord entre la RDC et les États-Unis

Umusore w’Umunyamulenge uri mu kigero cy’imyaka 28 y’amavuko witwa Chance Emmanuel, wari usanzwe akora akazi k’ubwungeri bw’inka yaburiwe irengero nyuma y’aho bimenyekanye ko yafatiwe Inyunzu mu cyahoze cyitwa Katanga n’abasirikare ba FARDC, kuri ubwo umuryango we uramutabariza.

Ubutumwa Minembwe Capital News ikesha umwe wo mu muryango wa Chance wafashwe n’abasirikare ba FARDC, bugaragaza ko nyuma y’aho bamenye ko yafashwe, nta yandi makuru ye bongeye kumenya, kandi ko telefone ye iri kwitabwa n’abasirikare.

Ubwo butumwa bu mutabariza bugira buti: “Chance Emmanuel yakoraga akazi ko kuragira Inka ahitwa Kongolo. Ejo bundi afata gahunda yo gutaha muri Kivu y’Amajyepfo kimwe nuko n’abandi babigenza. Ariko ageze mu nzira afatwa n’abasirikare ba FARDC.”

Burongera buti: “Aho yafatiwe ni Nyunzu. Akimara gufatwa yahamagaye abo mu muryango we, abamenyesha ko afashwe. Igitangaje nyuma twacyishijemo za nimero yaduhamagaje zitabwa n’abantu batubwira ko ari abasirikare ba Leta y’i Kinshasa, FARDC.”

Umuryango we uvuga ko utazi iyo uwabo yajanwe, bityo ugatabaza ababifitiye ububasha ku mutabara.

Muri ubwo butumwa bu mutabariza twahawe, ntaho bugaragaza ko umuryango watswe ifaranga kugira ngo babarekurire Chance, nk’uko abenshi ariko babigenzerezwa.

Ibi byo gushimuta Abanyamulenge baba bari mu rugenzi, ni bintu bikunze kuba cyane muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Igitangaje n’abasirikare b’igihugu bakabarengeye usanga ari bo bafata iya mbere mu kubashimuta.

Ndetse kandi hari ubwo iki gisirikare cya RDC gikoresha imitwe yitwaje intwaro ku bashimuta, ariko bikarangira bose bisanze mu mugambi umwe.

Bamwe mu Banye-Congo bo muri ubu bwoko bw’Abanyamulenge, bashimutiwe za Mwenga, Maniema, Fizi, Uvira n’ahandi. Ni bikorwa bizwi ko byagiye bikorwa mu bihe bitandukanye.

Chance Emmanuel washimuswe ku munsi w’ejo ku wa gatanu, twabwiwe ko ari uwo mu muryango w’Abasinzira, umwe mu miryango igize ubwoko bw’Abanyamulenge bo mu Burasirazuba bwa RDC.

Tags: AbabyamulengeFardcGushimutaInyunzu
Share36Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Inkuru iteye ubwoba mu nzira ya Kipupu–Uvira

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Inkuru iteye ubwoba mu nzira ya Kipupu–Uvira

Inkuru iteye ubwoba mu nzira ya Kipupu–Uvira Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ahakomeje kuvugwa ibibazo by’umutekano muke bimaze imyaka myinshi, hiyongereyeho inkuru iteye inkeke ku...

Read moreDetails

Un récit alarmant sur l’axe Kipupu–Uvira

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Un récit alarmant sur l’axe Kipupu–Uvira

Un récit alarmant sur l’axe Kipupu–Uvira Dans l’est de la République démocratique du Congo, une région en proie depuis de nombreuses années à une insécurité persistante, un nouvel...

Read moreDetails

L’OIM dément les déclarations de la Première ministre Judith Suminwa sur un prétendu accord entre la RDC et les États-Unis

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
L’OIM dément les déclarations de la Première ministre Judith Suminwa sur un prétendu accord entre la RDC et les États-Unis

L’OIM dément les déclarations de la Première ministre Judith Suminwa sur un prétendu accord entre la RDC et les États-Unis Alors que la controverse s’intensifie autour d’un accord...

Read moreDetails

OIM Yamaganye Ibyatangajwe na Minisitiri Judith Suminwa ku Masezerano ya RDC na Amerika

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
OIM Yamaganye Ibyatangajwe na Minisitiri Judith Suminwa ku Masezerano ya RDC na Amerika

OIM Yamaganye Ibyatangajwe na Minisitiri Judith Suminwa ku Masezerano ya RDC na Amerika Mu gihe impaka zikomeje gufata indi ntera ku masezerano bivugwa ko ari hagati ya Repubulika...

Read moreDetails

Moïse Katumbi Yatangaje Icyerekezo Gishya ku Baturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Moïse Katumbi Yatangaje Icyerekezo Gishya ku Baturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Moïse Katumbi Yatangaje Icyerekezo Gishya ku Baturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwe mu banyapolitiki bakomeye ndetse wigeze...

Read moreDetails
Next Post
Umwanzuro wa Loni usaba Israel guhagarika intambara muri Gaza, igihugu cy’igihangange cya witambitse imbere

Umwanzuro wa Loni usaba Israel guhagarika intambara muri Gaza, igihugu cy'igihangange cya witambitse imbere

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?