• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyekongo basabwe kutagira icyo bategereza ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ninyuma y’uko Gatolika irebana ayingwe n’ubwo butegetsi.

minebwenews by minebwenews
April 4, 2024
in Regional Politics
0
Abanyekongo basabwe kutagira icyo bategereza ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ninyuma y’uko Gatolika irebana ayingwe n’ubwo butegetsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abenegihugu ba Repubulika ya demokarasi ya Congo ba bwiwe ko nta cyiza bagomba gutegereza kizava mu butegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu butumwa bwa senateri Francine Muyumba, ufatwa nk’umwe mu banyabwenge bagize ihuriro rya mashyaka rya FCC, ndetse no muri Congo yose muri rusange.

Ubutumwa bwa Francine Muyumba butangira busaba Abanyekongo kutagira icyo bategereza kuri ubu butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Yagize ati: “Ndasaba Abanyekongo ku tishingikiriza ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, mu gire ngo byenda ahari haricyo agiye guhindura. Nta nakimwe! Muri iyi myaka itanu ya manda nshya ye mu menye neza kugira ngo byonyine ayitunganye biza mutwara umwaka wose muzima, kandi bizongera ku mutwara undi mwaka kugira ngo Guverinoma itangire gukora. Mu tibagiwe ko hagomba kuza n’undi mwaka wabayobozi wo kudya ruswa. Undi mwaka wa Kane azaba agiye gutegura ibya matora, kandi ibyo biza mutwara imyaka ibiri, kugira ngo yipange neza.”

Ibi kandi byagarutsweho n’ubuyobozi bwa Lamuka, aho bari gukangurira Abanyekongo kuba maso muri iki gihe! Bavuga ko batagomba kwizera minisitiri w’intebe Judith Suminwa Tuluka, nkaho haricyo azahindura muri Repubulika ya demokarasi.

Binyuze kuri umwe mu bayobozi ba Lamuka bwana Epenge Prince, yagize ati: “Madamu Judith Suminwa Tuluka usibye kuba ari umugore wo ku ruhande rwa Sama Lukonde, wavanweho gusa ngo akureho igicucu cya Félix Tshisekedi cyo kunanirwa kwe. Uyu nawe atowe kugira ngo yikorere ibitutsi bya Tshisekedi byo gutsindwa.”

Yakomeje agira ati: “N’ubundi kandi nawe si umuntu mwiza. Mademu Judith Suminwa Tuluka simwiza muri politike y’igihugu. Yari minisitiri w’igenamigambi kandi ibyavuye muri minisiteri ye ntabwo byari byiza. Nta kintu rero gihari cyo gutegereza.”

Ibyo bibaye mu gihe Katolika irebana ayingwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ni hagati ya magambo ya Patrick Muyaya umuvugizi wa Guverinoma na Karidinali Frodolin Ambongo uhagarariye idini Gatolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho Frodolin Ambongo ashinja RDC kuba itagira ingabo hubwo ko igira waringa.

Ibi nibyo biri kuvugisha ubutegetsi bwa Kinshasa, binyuze kuri minisitiri witangaza makuru akaba n’umuvugizi wa leta, Patrick Muyaya avuga ko Frodolin Ambongo y’aba afite uruhare runini mu gushigikira abica abanyekongo kugira ngo bagere ku butegetsi, bityo akaba yasabye uyu muyobozi w’idini katolika kwiregura kubyo yatangaje umunsi wa Pasika.

     MCN
Tags: Francine MuyumbaLeta ya KinshasaUmwuka mubi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Urusaku rw’imbunda, rwo gusubiranamo kwa Biroze Bishambuke, ru ravuza ubuhuha mu bice byo muri Secteur ya Lulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Urusaku rw'imbunda, rwo gusubiranamo kwa Biroze Bishambuke, ru ravuza ubuhuha mu bice byo muri Secteur ya Lulenge, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?