• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyekongo basabwe kutagira icyo bategereza ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ninyuma y’uko Gatolika irebana ayingwe n’ubwo butegetsi.

minebwenews by minebwenews
April 4, 2024
in Regional Politics
0
Abanyekongo basabwe kutagira icyo bategereza ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ninyuma y’uko Gatolika irebana ayingwe n’ubwo butegetsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abenegihugu ba Repubulika ya demokarasi ya Congo ba bwiwe ko nta cyiza bagomba gutegereza kizava mu butegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni bikubiye mu butumwa bwa senateri Francine Muyumba, ufatwa nk’umwe mu banyabwenge bagize ihuriro rya mashyaka rya FCC, ndetse no muri Congo yose muri rusange.

Ubutumwa bwa Francine Muyumba butangira busaba Abanyekongo kutagira icyo bategereza kuri ubu butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Yagize ati: “Ndasaba Abanyekongo ku tishingikiriza ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, mu gire ngo byenda ahari haricyo agiye guhindura. Nta nakimwe! Muri iyi myaka itanu ya manda nshya ye mu menye neza kugira ngo byonyine ayitunganye biza mutwara umwaka wose muzima, kandi bizongera ku mutwara undi mwaka kugira ngo Guverinoma itangire gukora. Mu tibagiwe ko hagomba kuza n’undi mwaka wabayobozi wo kudya ruswa. Undi mwaka wa Kane azaba agiye gutegura ibya matora, kandi ibyo biza mutwara imyaka ibiri, kugira ngo yipange neza.”

Ibi kandi byagarutsweho n’ubuyobozi bwa Lamuka, aho bari gukangurira Abanyekongo kuba maso muri iki gihe! Bavuga ko batagomba kwizera minisitiri w’intebe Judith Suminwa Tuluka, nkaho haricyo azahindura muri Repubulika ya demokarasi.

Binyuze kuri umwe mu bayobozi ba Lamuka bwana Epenge Prince, yagize ati: “Madamu Judith Suminwa Tuluka usibye kuba ari umugore wo ku ruhande rwa Sama Lukonde, wavanweho gusa ngo akureho igicucu cya Félix Tshisekedi cyo kunanirwa kwe. Uyu nawe atowe kugira ngo yikorere ibitutsi bya Tshisekedi byo gutsindwa.”

Yakomeje agira ati: “N’ubundi kandi nawe si umuntu mwiza. Mademu Judith Suminwa Tuluka simwiza muri politike y’igihugu. Yari minisitiri w’igenamigambi kandi ibyavuye muri minisiteri ye ntabwo byari byiza. Nta kintu rero gihari cyo gutegereza.”

Ibyo bibaye mu gihe Katolika irebana ayingwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ni hagati ya magambo ya Patrick Muyaya umuvugizi wa Guverinoma na Karidinali Frodolin Ambongo uhagarariye idini Gatolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho Frodolin Ambongo ashinja RDC kuba itagira ingabo hubwo ko igira waringa.

Ibi nibyo biri kuvugisha ubutegetsi bwa Kinshasa, binyuze kuri minisitiri witangaza makuru akaba n’umuvugizi wa leta, Patrick Muyaya avuga ko Frodolin Ambongo y’aba afite uruhare runini mu gushigikira abica abanyekongo kugira ngo bagere ku butegetsi, bityo akaba yasabye uyu muyobozi w’idini katolika kwiregura kubyo yatangaje umunsi wa Pasika.

     MCN
Tags: Francine MuyumbaLeta ya KinshasaUmwuka mubi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Urusaku rw’imbunda, rwo gusubiranamo kwa Biroze Bishambuke, ru ravuza ubuhuha mu bice byo muri Secteur ya Lulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Urusaku rw'imbunda, rwo gusubiranamo kwa Biroze Bishambuke, ru ravuza ubuhuha mu bice byo muri Secteur ya Lulenge, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?