Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyeshuli ba Banyamulenge, b’igira i Goma, kuri ubu bari kuri Stade ya Afia, baje kwakira perezida Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 10, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aka kanya kuri Stade ya Afia, iherereye i Goma, k’u murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Abanyeshuri biga za Kaminuza no ku Mashuli y’isumbuye bagiye gutega kandida k’umwanya w’umukuru w’igihugu, ca RDC nimero 20.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Biteganijweko ko perezida Félix Tshisekedi, agera i Goma mu masaha make yo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 10/12/2023, muri Gahunda yo kw’iyamamariza uriya mwanya w’umukuru w’igihugu, mu matora ateganijwe kuba mu mpera z’u kwezi kwa Cumi n’abiri(12), uyu mwaka w’2023.

Umwe muri abo banyeshuri ba Banyamulenge, yabwiye itangaza Makuru ko biteguye kwakira perezida Félix Tshisekedi ko kandi biteguye no kuza mutora muri ariya Matora asigaje iminsi icumi akaba.

Bariya banyeshuri mu majwi y’umvikana muri video ibagaragaza bari kuri Stade ya Afia, barimo bavuga bati: “Icyo dushaka ni amahoro naho ibindi by’u mutekano muke biraturambiye.”

Aba banyeshuri ubona mu maso basa nabakeye bafite n’ibiranga ntego bya Tshisekedi aho ndetse n’udupila bambaye twanditse ho amazina ya Félix Tshisekedi.

Kandinda nimero ya 20, Félix Tshisekedi y’iteguwe i Goma, mugihe ibice byahariya birimo i Ntambara ikaze n’intambara ikomeje gukoza leta ya Kinshasa isoni nimugihe ikomeje gutsindwa n’Inyeshamba za M23 aho kandi Ingabo z’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, zifatikanya n’imitwe y’itwaje imbunda ishinjwa ubwicanyi nu bujura, nka FDLR, Wazalendo n’Imbonera kure z’u Burundi.

Tshisekedi kandi aje mugihe i santire y’ingenzi ya Mushaki,yo muri teritware ya Masisi, iheruka kuberamo imirwano ikaze isiga ingabo za M23 zigaruriye aka gace n’inkengero zako.

Bruce Bahanda.

Tags: Abanyeshuri biga za Kaminuza ba BanyamulengeI Goma bari kuri Stade ya Afia baje kwakira perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Umusesenguzi w'umunyamulenge, Fidel Mugunguza,yagize icyavuga ku Banyamulenge, biyita "Abanationalist."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?