• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusesenguzi w’umunyamulenge, Fidel Mugunguza,yagize icyavuga ku Banyamulenge, biyita “Abanationalist.”

minebwenews by minebwenews
December 10, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusesenguzi w’u munyamulenge, Fidel Mugunguza, yagize icyo avuga ku Banyamulenge biyita Abanationalist…

You might also like

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Fidel, yasesenguye ibi ahereye kuri Audio iheruka kuvugisha benshi ‘ku mbuga nkoranya mbaga,’ aho byavuzwe ko iyo audio yatanzwe n’umwe mu Banyamulenge biyita Abanationalist, muriyo Audio y’umvikanye mo amagambo asebya “Twirwaneho na M23.”

Fidel, yagize ati: “Ijambo Nationalist, n’ijambo riri m’u rurimi rw’ikizungu biva mw’ijambo ‘Nation,’ bivuze: “ubwoko cangwa umurwi w’Abantu bafite intego imwe, umuco umwe n’A mateka amwe.”

“Mu myaka yashize nibwo irijambo ryatangiye gukoreshwa n’Abantu bake bo muri aba Banyamulenge, aho byavuzwe ko bashatse kuva mu bandi cyangwa se kwiyonkora mu bandi. Gusa navuga ko barikoresheje mu rwego rwo k’urwanya Abanationalist nyirizina aribo Abanyamulenge.”

“Abanyamulenge, basanzwe ari abantu bagira amateka amwe, umuco umwe ndetse n’ubutunzi busa(économies). Abanationalist, batangiye kuvuka nyuma gato y’ishyaka rya RCD, ubwo yari imaze kwa mamara mu Banyamulenge, hahise havuka abayirwanya ibyo Ushobora kwita ko byavuye kw’Ishari, ariko irishaka rya RCD ryari rifite abayoboke hafi yabose mu Banyamulenge.”

“Abatarashigikiye RCD, bake nibo baje kuvamo abiyita Abanationalist, ibyo njye nita ko baritesheje agaciro kuko ryaje mu buryo bw’usa nuburwanya abandi! kuko bakoresheje irizina nk’ikintu kigomba ku batandukanya n’abashigikiye Ishyaka rya RCD ryatangiye mu mwaka w’ 1998.”

“Umuyobozi wa mbere wayoboye RCD, yari Ernest Wamba Dia Wamba, uvuka mu Ntara ya Ituri, RCD wari umutwe w’inyeshamba (Rébellion), mu mwaka w’2003, uyu mutwe wa RDC waje kuja muri leta ya Kinshasa, hamwe n’indi mitwe myinshi yarwanyaga ubutegetsi bwa perezida Joseph Kabila, harimo nka MLC ya Jean Pierre Bemba yokwitariki 30.6.2003, n’indi.”

“Nk’uko bizwi Abanationalist, ahanini batangijwe na General Pacifique Masunzu, Kamanzi Kibibi, haza kuzamo n’abandi nka Sebineza Enoch n’abandi tu tabashije kumenya.”

“Muri bimwe biranga, bariya Banyamulenge, biyita Abanationalist, ahanini bagiye barwanya ibyo RCD ikora nibyo yabaga igambirira gukorera i Gihugu, Ingero dufite za hafi, ni Komine Minembwe, yatanzwe kuva mu mwaka w’2013, ariko urebye abayirwanyije harimo abo banationalist.”

“Ahagana mu mwaka w’2020, Major Sebagabo, nawe wiyita umunationalist, yakoze audio y’iminota irenga 10 atuka Col Makanika wemeye gusiga icyubahiro yarafite muri leta ya Kinshasa, aja gutabara Abanyamulenge bari mukaga ko kwicwa no kwangazwa, nimugihe umutwe w’inyeshamba wa Maï Maï Bishambuke ku bufasha bw’Ingabo za FARDC barimo bica bakanatoteza Abanyamulenge. Muri Audio ya Major Sebagabo, harimo ko yatutse Colonel Makanika, ibitutsi bigayitse.”

Bwana Fidel Mugunguza, yarangije atanga i Nama kuri aba Banyamulenge biyita Abanationalist, agize ati: “Ndasaba aba bacu biyita Abanationalist, kuva mubyo guhangana nibakore nk’ibyo RCD yakoze. Aho guhangana nibagire ibyo bakora batarwanya ibyabandi.”

Tags: Fidel Mugunguza yagize icyavuga ku Banyamulenge biyita AbanationalistUmunyamulengeW'u musesenguzi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa” Mu gihe u Burundi bukomeje kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2027,...

Read moreDetails

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere Perezida w’u Burundi, , yongeye gutangaza ibitekerezo bikomeye ku mikorere y’amatora mu gihugu cye, agaragaza ko asaba isubirwamo...

Read moreDetails
Next Post

Benshi mu basirikare b'u Burundi, barigucyurwa bavanwa RDC bafunzwe.

Comments 1

  1. Mugunguza Fidele says:
    2 years ago

    Nguko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?