• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abanyeshuri mu Bibogobogo bishimiye diplome zabo zasohotse, aho banatsinze ku kigero cyo hejuru.

minebwenews by minebwenews
August 30, 2025
in Conflict & Security
0
Abanyeshuri mu Bibogobogo bishimiye diplome zabo zasohotse, aho banatsinze ku kigero cyo hejuru.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyeshuri mu Bibogobogo bishimiye diplome zabo zasohotse, aho banatsinze ku kigero cyo hejuru.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

Abanyeshuri bo mu Bibogobogo ku bigo bibiri by’amashuri yisumbuye babikoze, bishimiye diplome babonye kuko ibyo bigo byombi batsinze ku kigero gishimishije, ibyo bise “max.”

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatanu tariki ya 29/08/2025, ni bwo abanyeshuri bo mu Bibogobogo bamenye aya makuru yitsinda ryabo.

Ibigo bibiri bifite abanyeshuri bakoze biriya bizamini bya leta, hari icya Tangazo n’icya Magaja.

Abakoze bo kuri Tangazo ni 28, aba bose baratsinze.

Ni mu gihe na Magaja hakoze ari 6, aba nabo batsinze, nk’uko twabibwiwe n’umwe muri aba banyeshuri bo muri ako gace.

Ubwo uyu munyeshuri yaduhaga aya makuru yagize ati: “Examen d’etat yakozwe mu bitangaza by’Imana hano iwacu mu Bibogobogo, kuko yakozwe ku munota wa nyuma. Abana bari bihebye, ariko byaje kurangira bakoze.”

Yakomeje ati: “Igitangaje nuko abakoze bose babonye max. Tuzamuriye Imana ishimwe ryayo.”Bose uko batsinze bize ibijyanye n’uburenzi(pedagogie).

Byasobanuwe ko iki kizamini cya Leta gisoza amashuri y’isumbuye yo mu Bibogobogo, cyari gisanzwe gikorerwa i Baraka, ariko ku mpamvu z’umutekano ntibyashobotse ko bamanuka yo nk’uko byari bisanzwe bikorwa mu myaka yo hambere, ndetse Wazalendo bavuga ko mu gihe bo kwibeshya bakamanuka yo bohura n’akaga gakomeye.

Icyo gihe abayobozi ba mashuri n’abayobozi baka gace ka Bibogobogo, basabye ko ikizamini cyahakorerwa, ibi byaje kwemerwa barakihakorera, gusa byemerwa ku munota wa nyuma.

Bibogobogo ni igice kigenzurwa n’ingabo za Leta ya Congo, hamwe n’iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ndetse na FDLR.

Iki gice kikaba gituwe ahanini n’Abanyamulenge, mu busanzwe gihanamiye umujyi wa Baraka ukora ku nkombe y’ikiyaga cya Tanganyika kigabanya uyu mujyi n’igihugu cy’u Burundi.

Tags: BibogobogoDiplomaMax
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa M23 uyirwanya biri mu biganiro byo guhana imfungwa, aho...

Read moreDetails

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

Havutse imvururu hagati y'Abarega n'Ababembe muri Kivu y'Epfo Amakuru aturuka muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko havutse umwuka mubi hagati y'Ababembe n'Abarega, nyuma...

Read moreDetails

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC yagaragaje impungenge itewe n'umujyi wa Nairobi nyuma y'ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w'itumanaho wayo, Patrick Muyaya, yavuze...

Read moreDetails

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z'ikindi gihugu ku murinda Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, igihugu cy'u Burundi cya mwoherereje Ingabo kabuhariwe zo ku murindira...

Read moreDetails

Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

I Kinshasa humvikanye urusaku rw'imbunda z'irimo nini havugwa n'impamvu yarwo Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'igipolisi cya yo, byahanganye n'abajura bateye Bank, hakoreshwa intwaro ziremereye n'izoroheje....

Read moreDetails
Next Post
Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?