• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abanyeshuri mu Bibogobogo bishimiye diplome zabo zasohotse, aho banatsinze ku kigero cyo hejuru.

minebwenews by minebwenews
August 30, 2025
in Conflict & Security
0
Abanyeshuri mu Bibogobogo bishimiye diplome zabo zasohotse, aho banatsinze ku kigero cyo hejuru.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyeshuri mu Bibogobogo bishimiye diplome zabo zasohotse, aho banatsinze ku kigero cyo hejuru.

You might also like

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Abanyeshuri bo mu Bibogobogo ku bigo bibiri by’amashuri yisumbuye babikoze, bishimiye diplome babonye kuko ibyo bigo byombi batsinze ku kigero gishimishije, ibyo bise “max.”

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatanu tariki ya 29/08/2025, ni bwo abanyeshuri bo mu Bibogobogo bamenye aya makuru yitsinda ryabo.

Ibigo bibiri bifite abanyeshuri bakoze biriya bizamini bya leta, hari icya Tangazo n’icya Magaja.

Abakoze bo kuri Tangazo ni 28, aba bose baratsinze.

Ni mu gihe na Magaja hakoze ari 6, aba nabo batsinze, nk’uko twabibwiwe n’umwe muri aba banyeshuri bo muri ako gace.

Ubwo uyu munyeshuri yaduhaga aya makuru yagize ati: “Examen d’etat yakozwe mu bitangaza by’Imana hano iwacu mu Bibogobogo, kuko yakozwe ku munota wa nyuma. Abana bari bihebye, ariko byaje kurangira bakoze.”

Yakomeje ati: “Igitangaje nuko abakoze bose babonye max. Tuzamuriye Imana ishimwe ryayo.”Bose uko batsinze bize ibijyanye n’uburenzi(pedagogie).

Byasobanuwe ko iki kizamini cya Leta gisoza amashuri y’isumbuye yo mu Bibogobogo, cyari gisanzwe gikorerwa i Baraka, ariko ku mpamvu z’umutekano ntibyashobotse ko bamanuka yo nk’uko byari bisanzwe bikorwa mu myaka yo hambere, ndetse Wazalendo bavuga ko mu gihe bo kwibeshya bakamanuka yo bohura n’akaga gakomeye.

Icyo gihe abayobozi ba mashuri n’abayobozi baka gace ka Bibogobogo, basabye ko ikizamini cyahakorerwa, ibi byaje kwemerwa barakihakorera, gusa byemerwa ku munota wa nyuma.

Bibogobogo ni igice kigenzurwa n’ingabo za Leta ya Congo, hamwe n’iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ndetse na FDLR.

Iki gice kikaba gituwe ahanini n’Abanyamulenge, mu busanzwe gihanamiye umujyi wa Baraka ukora ku nkombe y’ikiyaga cya Tanganyika kigabanya uyu mujyi n’igihugu cy’u Burundi.

Tags: BibogobogoDiplomaMax
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira Abanyamulenge bari batuye mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails
Next Post
Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?