• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo Moïse Katumbi, bamaganye imbaraga za koreshejwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, mu guhagarika imyigaragambyo.

minebwenews by minebwenews
December 28, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u munsi w’ejo hashize, tariki 27/12/2023, i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, habaye imyigaragambyo idasanzwe, yari igamije kwa magana ibirimo kuva mu matora, Amatora yiswe y’a magendu.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

N’imyigaragambyo yahagaritswe n’inzego zishinzwe umutekano, aho bya navuzwe ko mu kuyihagarika hakoreshejwe imbaraga z’abapolisi, bakaba bara koresheje ibisasu birasa iby’uka biryana mu maso.

Abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, n’abandi bakandida 3, bari mubari bateguye imyigaragambyo simusiga. Gusa iy’i myigaragabyo yakozwe akanya gato y’ikomwa imbere n’inzego zishinzwe kurinda u mutekano w’igihugu.

Umupolisi mukuru ushinzwe umutekano w’u Mujyi wa Kinshasa, yatangaje ko abapolisi be, ba biri bakomerekeye muriyo myigaragambyo.

Ati: “Ba biri mubapolisi bacu, bakomerekeye mu myigaragabyo. Abigaragambya ga bakoresheje gutera amabuye abapolisi.”

Yakomeje ati: “Mu bigaragabyaga byibuze umwe ashobora kuba yakomeretse!”

Naho Martin Fayulu, wari mu bateguye imyigaragambyo, yatangaje ko abaturage benshi bataramenyekana umubare bakomerekeye muriyo myigaragambyo, bakomerekejwe n’apolisi.

Yagize ati: “Abantu benshi bakomerekejwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Gusa ntituzigera twemera ibiri kuva mu matora!! Ntabwo nzemera nk’uko byangendekeye mu matora y’u mwaka w’2018. Oya.”

Bwana Moïse Katumbi, nawe ari mu bafashe iyambere yamagana ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa koresheje imbaraga z’umurengera mu guhagarika iriya myigaragabyo.

Ati: “Namaganye n’ivuye inyuma igikorwa cyagaragajwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, kuba bakoresheje i mbaraga zidasanzwe mu guhagarika imyigaragambyo. Ndabizi neza ko Kinshasa, yari mu mugambi wo kwica umuvandimwe Martin Fayulu.”

Yunzemo kandi ati: “Isi yose imaze kumenya ukuri ko Tshisekedi afite ubutegetsi bw’igitugu. Ntazatuyoboza igitugu. Turabyanze byimazeyo.”

Muri bamwe bari mu myigaragabyo ba bwiye itangaza Makuru ko batazigera bemera ibyavuye mu matora.

Ati: “Ntituzemera Ubujura bwa Denis Kadima, uwo twatoye turamuzi ntabwo twatoye Tshisekedi. Kadima agomba gufungwa kuko yaraturiganije. Amajwi yacu tuzi uwo twayahaye ariko biratangaje kubona abo twatoye batari kuza kwisonga!”

Imyigaragambyo y’ejo yatangiriye ku biro bikuru by’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, ku biro bya ECIDE, ya Martin Fayulu.

Tubibutsa ko Amatora yabaye tariki ya 20/12/2023, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje kwamagana ibikomeje kuva mu matora aho ndetse n’amashirahamwe atandukanye yafashe iyambere mu kwa magana Kadima Denis, n’ubutegetsi, aho bavuga ko habaye uburiganya muri ay’Amatora.

Bruce Bahanda.

Tags: Abarimo Moïse KatumbiBamaganye imbaraga za koreshejwe n'ubutegetsi bwa KinshasaKinshasaMuguhagarika imyigaragambyo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo z'Afrika y'Epfo, zo mu muryango w'Afrika y'Amajy'epfo, zageze k'ubutaka bwa RDC, ku rwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?