• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo Moïse Katumbi, bamaganye imbaraga za koreshejwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, mu guhagarika imyigaragambyo.

minebwenews by minebwenews
December 28, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u munsi w’ejo hashize, tariki 27/12/2023, i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, habaye imyigaragambyo idasanzwe, yari igamije kwa magana ibirimo kuva mu matora, Amatora yiswe y’a magendu.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’imyigaragambyo yahagaritswe n’inzego zishinzwe umutekano, aho bya navuzwe ko mu kuyihagarika hakoreshejwe imbaraga z’abapolisi, bakaba bara koresheje ibisasu birasa iby’uka biryana mu maso.

Abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, n’abandi bakandida 3, bari mubari bateguye imyigaragambyo simusiga. Gusa iy’i myigaragabyo yakozwe akanya gato y’ikomwa imbere n’inzego zishinzwe kurinda u mutekano w’igihugu.

Umupolisi mukuru ushinzwe umutekano w’u Mujyi wa Kinshasa, yatangaje ko abapolisi be, ba biri bakomerekeye muriyo myigaragambyo.

Ati: “Ba biri mubapolisi bacu, bakomerekeye mu myigaragabyo. Abigaragambya ga bakoresheje gutera amabuye abapolisi.”

Yakomeje ati: “Mu bigaragabyaga byibuze umwe ashobora kuba yakomeretse!”

Naho Martin Fayulu, wari mu bateguye imyigaragambyo, yatangaje ko abaturage benshi bataramenyekana umubare bakomerekeye muriyo myigaragambyo, bakomerekejwe n’apolisi.

Yagize ati: “Abantu benshi bakomerekejwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Gusa ntituzigera twemera ibiri kuva mu matora!! Ntabwo nzemera nk’uko byangendekeye mu matora y’u mwaka w’2018. Oya.”

Bwana Moïse Katumbi, nawe ari mu bafashe iyambere yamagana ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa koresheje imbaraga z’umurengera mu guhagarika iriya myigaragabyo.

Ati: “Namaganye n’ivuye inyuma igikorwa cyagaragajwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, kuba bakoresheje i mbaraga zidasanzwe mu guhagarika imyigaragambyo. Ndabizi neza ko Kinshasa, yari mu mugambi wo kwica umuvandimwe Martin Fayulu.”

Yunzemo kandi ati: “Isi yose imaze kumenya ukuri ko Tshisekedi afite ubutegetsi bw’igitugu. Ntazatuyoboza igitugu. Turabyanze byimazeyo.”

Muri bamwe bari mu myigaragabyo ba bwiye itangaza Makuru ko batazigera bemera ibyavuye mu matora.

Ati: “Ntituzemera Ubujura bwa Denis Kadima, uwo twatoye turamuzi ntabwo twatoye Tshisekedi. Kadima agomba gufungwa kuko yaraturiganije. Amajwi yacu tuzi uwo twayahaye ariko biratangaje kubona abo twatoye batari kuza kwisonga!”

Imyigaragambyo y’ejo yatangiriye ku biro bikuru by’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, ku biro bya ECIDE, ya Martin Fayulu.

Tubibutsa ko Amatora yabaye tariki ya 20/12/2023, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje kwamagana ibikomeje kuva mu matora aho ndetse n’amashirahamwe atandukanye yafashe iyambere mu kwa magana Kadima Denis, n’ubutegetsi, aho bavuga ko habaye uburiganya muri ay’Amatora.

Bruce Bahanda.

Tags: Abarimo Moïse KatumbiBamaganye imbaraga za koreshejwe n'ubutegetsi bwa KinshasaKinshasaMuguhagarika imyigaragambyo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo z'Afrika y'Epfo, zo mu muryango w'Afrika y'Amajy'epfo, zageze k'ubutaka bwa RDC, ku rwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?