• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abarimo n’umuyobozi bapfiriye i Mboko ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
June 23, 2024
in World News
0
Abarimo n’umuyobozi bapfiriye i Mboko ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo n’umuyobozi bapfiriye i Mboko ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ahagana isaha ya saa mbiri z’ijoro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru, nibwo ku muhanda wo kw’isiko ya Mboko muri Secteur ya Tanganyika teritware ya Fizi haraye humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Amakuru avuga ko urwo rusaku rw’imbunda rw’umvikaniye muri ako gace ko ari abasirikare ba leta ya Kinshasa barimo barasa nyuma y’uko bari banyoye inzoga barasinda.

Nk’uko byasobanuwe nuko aba basirikare baje kurasa ku rugo rwa chef wa Grupema ya Babungwe y’Amajyaruguru, Simbi Charles aza no kubigiriramo ubuhanya arakomereka ndetse n’umugore we, aho baje no koherezwa ku bitaro bikuru byo kwa Nundu kugira ngo bitabweho.

Ndetse amakuru ataremezwa n’ubuyobozi bw’ibanze avuga ko uyu mwami Charles Simbi ko yoba yamaze gupfa, apfiriye muri ibyo bitaro.

Amakuru akomeza avuga ko umwe muri aba basirikare barimo barasa kubera ubusinzi yaje kwicwa arashwe n’abagenzi be.

Uhagarariye Sosiyete sivile yo muri ibyo bice yatangaje akoresheje imbuga nkoranya mbaga avuga ko muri Mboko hari umutekano muke, kandi yemeza ko muri ibyo bice haheruka koherezwa abasirikare bashya ba Fardc avuga neza ko atari beza ku baturage.

Yagize ati: “Mwami Charles Simbi n’umudamu we bakomeretse banajanwe ku bitaro bya Nundu niho bari kuvurirwa.Nti dushidikanya ko uyu mutekano muke uri guterwa n’abasirikare bashya baheruka koherezwa muri ibi bice by’i wacu.”

Uyu muyobozi wa Sosiyete sivile yanavuze ko ubutegetsi bw’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ko bugomba gufata imyanzuro yindi kugira ngo barengere abaturage.

Ati: “Ubuyobozi bw’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo turasaba ko bokura aba basirikare hano, kuko bitaruko baramara abaturage. Ntituzi niba aba basirikare baraje kurinda abaturage cyangwa ku bica.”

Avuga kandi ko ibi bitabaye ubwambere ko hubwo hari n’ibindi bibi bikorwa n’aba basirikare ariko nkabo bahagarariye Sosiyete sivile bagatinya ku bitangaza, ariko kubu byarenze urugero.

           MCN.
Tags: FiziMbokoNundu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe impamvu ikirunga cya Nyiragongo cyo ngeye gutera ubwoba abagituriye.

Hagaragajwe impamvu ikirunga cya Nyiragongo cyo ngeye gutera ubwoba abagituriye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?