• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 18, 2025
in Regional Politics
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

You might also like

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y’u Rwanda nyuma y’amagambo yatangajwe n’umushoramari w’Umunyarwanda Sadate Munyakazi.

Iyi modoka yatwitswe n’Abarundi yarifite ibirango by’u Rwanda RAH139 U, ikaba yo mu bwoko Toyota Levin.

Ni gikorwa cyakozwe aha’rejo ku manywa y’ihangu, itwikirwa neza ahantu hahurira abantu benshi mu mujyi wa Bujumbura.

Amakuru aturuka aho byabereye akavuga ko abashinzwe umutekano bagerageje kuzimya umuriro ariko biranga, bikanarangira ihiye irakongo.

Ababibonye bavuze ko iki gikorwa kigayitse gifitanye isano n’amagambo aheruka kuvugwa n’umushoramari w’Umunyarwanda Sadate Munyakazi, amagambo yafashwe n’abi n’abaturage bamwe b’u Burundi.

Sedate ubwo yaganirizaga urubyiruko rwo mu karere ka Kicyukiro, yavuze ko Abanyarwanda bakwiye gukora cyane ku buryo mu bihe biri mbere bazaba ari bo batanga akazi ku baturanyi babo.

Yagize ati: “Tugomba gukora cyane ku buryo tuzaba abakire, ku buryo Abarundi baza gukora imihanda yacu, Abanye-Congo bakaza gukora indi mirimo mito, kuko tuzaba twabasize cyane.” Ubwo yabivugaga hari tariki ya 12/10/2025.

Akimara ku bitangaza byahise bitangira gukwirakwiza kumbuga nkoranyambaga, bituma bamwe mu baturanyi b’u Rwanda babyakira nabi bakavuga ko arimo kubashotora.

Hagataho, inzego z’umutekano z’u Burundi zahise zitangaza ko zitangiye kubikoraho iperereza mu rwego rwo kugira ngo hamenyekanye uruhare rwabyo, n’impamvu nyamakuru yo kubivuga, mu gihe inzego z’umutekano z’u Rwanda zo zitaragira icyo zibivugaho.

Aba bikurikiranira hafi bavuga ko amagambo y’abayobozi n’abashoramari yakwitonderwa, kugira ngo atongera guteza umuryane hagati y’ibihugu by’ibituranyi, nk’uko byagiye bigaragara mu bihe bitandukanye byatambutse, harimo ko u Burundi bwafunze imipaka yabwo ibuhuza n’u Rwanda.

Tags: BujumburaImdokaSedate
Share37Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

Abasirikare bafunzwe nyuma y'igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?