• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarwanyi ba Al Shabaab bagabye igitero gikaze ku ngabo z’i gihugu cya Somaliya, gihitana abatari bake.

minebwenews by minebwenews
March 24, 2024
in Regional Politics
0
Abarwanyi ba Al Shabaab bagabye igitero gikaze ku ngabo z’i gihugu cya Somaliya, gihitana abatari bake.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu ba barirwa mu 17 nibo baguye mu gitero cyagabwe ku birindiro by’ingabo za Somalia.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ni mu gitero cyakozwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23/03/2024, ki gikozwe n’abarwanyi bo mu mutwe wa Al Shabaab, ku kigo cya gisirikare, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Abashinzwe umutekano bavuga ko ibirindiro by’ingabo byagabwe ho igitero ari byahitwa Busley, mu karere ka Lower Shabelle, gaherereye mu majyepfo y’i Burengerazuba bw’igihugu.

Banavuze ko abagabye icyo gitero bigaruriye ibyo birindiro mu gihe kitamaze umwanya munini.

Umwe mu bayobozi w’i gisirikare muri Somaliya yabwiye Reuters ko “abarwanyi bitwaje imbunda bo muri Al Shabaab bagabye iki gitero ku kigo cya gisirikare bakoresheje imodoka zitezemo ibisasu.”

Uyu musirikare yangiye Reuters ko izina rye rija hanze ngo kuberako atemerewe kuvugana n’itangaza makuru.

Yagize ati: “Ibimodoka byinshi bitezemo ibisasu z’u bwiyahuzi zibasiye ikigo cya gisirikare. Ariko Al Shabaab yafashe ibyo birindiro akanya gato.”

Uyu yanavuze ko abasirikare barindwi ba Somalia ko baguye muri iyo mirwano mu gihe mu barwanyi ba Al Shabaab hapfuye abagera ku icumi. Ikindi n’uko Al Shabaab yatwitse imodoka z’igisirikare cya Somaliya izindi irazinyaga.

Nyuma uy’u mutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab waje kwigamba icyo gitero. Yavuze ko yishe abasirikare 57 ba leta. Gusa, buri gihe umutwe wa Al Shabaab iyo ugabye igitero uhora utanga umubare wabo yishe barenze abo leta itangaza.

Kugeza ubu leta yo ntacyo iratangaza usibye uriya musirikare wanze ko amazina ye aja hanze.

Umutwe wa Al Shabaab ukorana byahafi na Al Shabaab umaze imyaka hafi ugerageza guhirika ubutegetsi buriho muri Somaliya kugira ngo bashireho leta igendera ku matwara ya kiyisilamu.

         MCN.
Tags: abasirikareAl ShabaabGikazeIgiteroSomalia
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi  zibarigwa muri 50 zirimo n’Abanyekongo, zafungiwe mu bice bitandukanye byo mu Gihugu cy’u Burundi.

Impunzi zibarigwa muri 50 zirimo n'Abanyekongo, zafungiwe mu bice bitandukanye byo mu Gihugu cy'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?