Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarwanyi ba Al Shabaab bagabye igitero gikaze ku ngabo z’i gihugu cya Somaliya, gihitana abatari bake.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 24, 2024
in Regional Politics
0
Abarwanyi ba Al Shabaab bagabye igitero gikaze ku ngabo z’i gihugu cya Somaliya, gihitana abatari bake.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu ba barirwa mu 17 nibo baguye mu gitero cyagabwe ku birindiro by’ingabo za Somalia.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mu gitero cyakozwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23/03/2024, ki gikozwe n’abarwanyi bo mu mutwe wa Al Shabaab, ku kigo cya gisirikare, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Abashinzwe umutekano bavuga ko ibirindiro by’ingabo byagabwe ho igitero ari byahitwa Busley, mu karere ka Lower Shabelle, gaherereye mu majyepfo y’i Burengerazuba bw’igihugu.

Banavuze ko abagabye icyo gitero bigaruriye ibyo birindiro mu gihe kitamaze umwanya munini.

Umwe mu bayobozi w’i gisirikare muri Somaliya yabwiye Reuters ko “abarwanyi bitwaje imbunda bo muri Al Shabaab bagabye iki gitero ku kigo cya gisirikare bakoresheje imodoka zitezemo ibisasu.”

Uyu musirikare yangiye Reuters ko izina rye rija hanze ngo kuberako atemerewe kuvugana n’itangaza makuru.

Yagize ati: “Ibimodoka byinshi bitezemo ibisasu z’u bwiyahuzi zibasiye ikigo cya gisirikare. Ariko Al Shabaab yafashe ibyo birindiro akanya gato.”

Uyu yanavuze ko abasirikare barindwi ba Somalia ko baguye muri iyo mirwano mu gihe mu barwanyi ba Al Shabaab hapfuye abagera ku icumi. Ikindi n’uko Al Shabaab yatwitse imodoka z’igisirikare cya Somaliya izindi irazinyaga.

Nyuma uy’u mutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab waje kwigamba icyo gitero. Yavuze ko yishe abasirikare 57 ba leta. Gusa, buri gihe umutwe wa Al Shabaab iyo ugabye igitero uhora utanga umubare wabo yishe barenze abo leta itangaza.

Kugeza ubu leta yo ntacyo iratangaza usibye uriya musirikare wanze ko amazina ye aja hanze.

Umutwe wa Al Shabaab ukorana byahafi na Al Shabaab umaze imyaka hafi ugerageza guhirika ubutegetsi buriho muri Somaliya kugira ngo bashireho leta igendera ku matwara ya kiyisilamu.

         MCN.
Tags: abasirikareAl ShabaabGikazeIgiteroSomalia
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi  zibarigwa muri 50 zirimo n’Abanyekongo, zafungiwe mu bice bitandukanye byo mu Gihugu cy’u Burundi.

Impunzi zibarigwa muri 50 zirimo n'Abanyekongo, zafungiwe mu bice bitandukanye byo mu Gihugu cy'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?